• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Perezida Felix Tshisekedi ngo yaba yamaze kunoza umugambi wo gushora intambara ku Gihugu cy’u Rwanda, nk’uko yabiciye amarenga.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Perezida Felix Tshisekedi ngo yaba yamaze kunoza umugambi wo gushora intambara ku Gihugu cy’u Rwanda, nk’uko yabiciye amarenga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kinshasa ngoyaba yamaze kunoza umugambi wo gutera igihugu cy’u Rwanda.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Bikubiye mu itangazo Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi yashize hanze kuri uyu wa Mbere tariki ya 06/05/2024.

Ni itangazo iyi leta yashize hanze nyuma y’uko hari hashize iminsi itatu mu nkambi y’abavanwe mu byabo iri ahitwa Mugunga mu Burengerazuba bw’u Mujyi wa Goma hari harashwe ibisasu byasize bihitanye abantu barenga 15 abandi 30 barakomereka.

Iri tangazo rya leta ya Kinshasa rishinja igisirikare cy’u Rwanda kuba ari cyo cyateye biriya bisasu.

Nk’uko leta ya Kinshasa yabigaragaje, muri iryo tangazo ivuga ko biriya bisasu byatewe n’abantu bari i Kaluba muri teritware ya Masisi.

Ikavuga ko kandi ibisasu byatewe ko byari bitanu.

Itangazo rikomeza rivuga ko atari ubwa mbere igisirikare cy’u Rwanda gitera ibisasu ku butaka bwa RDC ko mu mezi atatu ashize zabikoze inshuro ninshi.

Ngo ku itariki ya 03 z’uku kwezi, RDF yarashye i Mungunga, mu gihe ku ya 07/02/2024 ho igitero cya RDF cyagabwe ku kibuga cy’indege cya Goma, ndetse ko no ku ya 22/02/2024 ibisasu by’ingabo z’u Rwanda byibasiriye agace ka Nzulo mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Goma.

Kenshi iyo perezida Félix Tshisekedi afitanye ibiganiro n’itangaza makuru akunze kugaragaza ko ashize imbere gahunda yo gukemura amakimbirane afitanye n’u Rwanda mu mahoro nk’amahirwe ya nyuma; byananirana agahitamo gushoza intambara ku Rwanda.

Iri tangazo rya Guverinoma ya Kinshasa ryashimangiye ibi rihumuriza abenegihugu bayo by’u mwihariko abakuwe mu byabo ko ingabo z’iki gihugu zigiye gukoresha imbaraga zose zibaho leta yabo ifite ngo mu rwego rwo kabarinda no kurengera ubusugire bw’igihugu cyabo(Congo).

Congo kandi yateguje guha igisubizo gikwiye abo ivuga ko bagabye igitero ku gihugu cyabo.

Aha muri iritangazo yagize iti: “Leta ya Congo iri zeza abaturage bayo by’u mwihariko abavuye mu byabo ko izakoraresha ingufu zose mu rwego rwo kubarinda no kurengera ubusugire bw’igihugu cya RDC.”

Rikomeza rivuga riti: “Kubwibyo, ingamba zihutirwa zamaze gufatwa mu rwego rwo gucunga umutekano wabavuye mubyabo ndetse no kwigarurira ibice biri mu maboko y’ingabo z’u Rwanda igisubizo gikwiye kizagenerwa abibasiriye iki gihugu.”

Iri tangazo iki gihugu cyari sohoye nyuma gato y’uko cyari kimaze gutangaza ko gishobora kuva mu biganiro bya Luanda bigamije kuyunga n’u Rwanda.

                MCN.
Tags: Leta ya KinshasaNgoyaba yamaze kunoza umugambi wo gutera u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umunsi wo kwizihiza umunsi umutwe wa M23 uvukaho abawugize bakoze ibikorwa bishimisha abenegihugu ba Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umunsi wo kwizihiza umunsi umutwe wa M23 uvukaho abawugize bakoze ibikorwa bishimisha abenegihugu ba Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?