Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Perezida Joe Biden, yasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gukemura amakimbirane ku kibazo c’amotora mu mahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gukemura amakimbirane ku kibazo c’amotora mu buryo bwiza kandi bu nogeye bose.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi bya sabwe na leta ya Joe Biden, binyuze muri Minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Amerika, bwana Çasoglu, uyoboye iyi minisiteri, yagize ati: “Impaka zose zishingiye k’u matora aheruka kuba muri RDC, turasaba ko zikemurwa munzira y’amahoro, ntaguhutaza kubayeho.”

Yunzemo kandi ati: “Turahamagarira inzego zose zibishinzwe kugerageza uburyo bwose bushoboka ba bikemure mu muco mwiza.”

Ibi bibaye mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa harimo na za Sosiyete sivile batemera ibyavuye mu matora.

Ishyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi, ryo rishimangira ko uwatsinze Amatora ari umukandinda wabo, Moïse Katumbi Chapwe, aho ndetse bavuga ko batazigera bemera ibyavuye mu matora.

Bagize bati: “Biteye isoni ibyakozwe muri RDC, byitwa ko ari amatora.”

Bunzemo kandi ati: “Amatora agomba gusubirwamo niba abategetsi ba Kongo bifuriza RDC amahoro.”

Ibi kandi bya vuzwe n’abakandida barimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Mukwege ati: “Sinzigera nemera ibyavuye mu matora, erega bafite uko ba bipanze. Amatora agomba gusubirwamo.”

Mugihe Martin Fayulu we, yakomeje guhamagarira abaturage ba RDC, guhaguruka bakamagana ubutegetsi bw’igitugu.

Ati: “Biteye isoni, uburyo Amatora yateguwe, abanyekongo bose barabizi ko Amatora yabayemo uburiganya. Agomba gusubirwamo niba abategetsi ba Kongo bifuriza RDC amahoro.”

Tubibutsa ko amajwi y’agateganyo yatangajwe na CENI, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, aho batangaje ko perezida Félix Tshisekedi, ko ariwe watsinze k’umajwi 73%, ni amatora yabaye tariki 20/12/2023.

Bruce Bahanda.

Tags: Leta ya Joe BidenYasabye RDC gukemura amakimbirane ku kibazo c'amotora mu mahoro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, yongeye kw'i koma u Rwanda, anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?