• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 19, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yongeye kw’i koma u Rwanda, anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshya.

minebwenews by minebwenews
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gushinja Guverinoma ya Kigali, gucumbikira Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, irwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

Ibi n’ibyo Evariste Ndayishimiye, yaraye avuze, mw’ijambo rye ryo kwifuriza abarundi umwaka mwiza w’2024.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Evariste Ndayishimiye, yagize ati: “Ku byo kwa mbura imbunda Inyeshamba za Red Tabara, twari tugize iminsi tuganira n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ngo turebe ko bo kw’i kubita agashi bagashikiriza ubutabera bw’u Burundi, abarwanyi ba Red Tabara, ariko twaje gusanga neza twarimo twirusha ubusa. U Rwanda rwa dufataga kumaso, ngo badusamaze ba bone uburyo baguma kwe geranya abarwanyi buwo mutwe.”

Yakomeje agira ati:”Icyo tugiye gukora tugiye gushiraho Ingamba nshyasha zikumira ubwicanyi bukorerwa Abana b’u Burundi.”

Perezida Evariste Ndayishimiye, yanatangarije abarundi ko agiye gusaba ibihugu Mpuzamahanga, ku mufasha kwa magana leta ya perezida Paul Kagame, w’u Rwanda.

U Rwanda, binyuze mu muvugizi wayo, aheruka guhakana ibyo baheruka kuregwa na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ubwo yari mu Ntara ya Cankuzo, yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara. Muricyo gihe kandi umukuru w’igihugu c’u Burundi, yatangarije abarundi ko mu mutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, habamo n’inyeshamba za Red Tabara, ibyo Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yamaganye hubwo agashinja Evariste Ndayishimiye, guhabwa ruswa na leta ya Kinshasa, kugira ngo ingabo z’u Burundi, zifatanye na FDLR na Wazalendo, kurwanya M23.

Muri raporo nshya ihereruka gushirwa hanze n’u muryango w’Abibumbye, yavuze ko ingabo z’u Burundi, zinjiye rwi hishwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Iy’i raporo ikomeza ivuga ko abasirikare b’u Burundi, ba barenga 1000 bivanze n’igisirikare ca RDC, bakaba bafatikanya kurwanya M23, nk’uko bya tangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bruce Bahanda.

Tags: Anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshyaUmukuru w'igihugu c'u BurundiYongeye kw'ikoma u Rwanda

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post

Abatemera i bya vuye mu matora, muri RDC, bagiye gusubizwa naho perezida Félix Tshisekedi, ya bwiye abanyekongo ko intsinzi ariyabo...

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 durcit sa ligne de confrontation avec le pouvoir de Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?