• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 12, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

You might also like

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Ni bikubiye mu itangazo umutwe wa M23 washize hanze kuri uyu w’ejo hashize tariki ya 01/08/2024, rivuga ko uyu mutwe utahita uhagarika imirwano ako kanya, usaba ko leta ya Kinshasa yareka bakaja ku meza y’ibiganiro nabo.

Muri iryo tangazo, cyo bikoze ritangira rishimira abagize uruhare kugira ngo bashakire akarere amahoro n’u Burasirazuba bwa RDC.

Rukavuga kandi ko umwanzuro wo guhagarika imirwano udashobora kubahirizwa kuko ngo byagiye bikorwa mu bihe bitandukanye ariko Congo ikica amasezerano, ko ahubwo aribwo igisirikare cya leta ya Kinshasa kiba kiboneyeho umwanya wo kwisuganya ngo kigabe ibitero.

Itangazo rigira riti: “M23, yemeje ko umwanzuro wo guhagarika imirwano utahita ushyirwa mu bikorwa . Guverinoma ya Kinshasa n’abo bafatanya yagiye igira urwitwazo guhagarika intambara kwayo, ikaba ariwo mwanya wokwiyegeranya no gukomeza kwibasira inzirakarengane zo mu bwoko bumwe ari nabwo twe tugamije kurinda.”

Uyu mutwe waboneyeho no kuvuga ko igihe leta ya Kinshasa yo kwemera ibiganiro byabo nayo ari cyo gihe hozaboneka umuti urambye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC ziheruka guhuriria i Luanda mu Gihugu cya Angola mu rwego rwo kugira ngo baganire, hagamijwe kurebera hamwe icya hoshya umwuka mubi wa makimbirane hagati y’ibi bihugu byombi.

Umwe mu myanzuro yafatiwe muri ibyo biganiro ni uko humvikanywe ko Impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zihagarika imirwano, kandi bikazatangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

Ibiro bya perezida wa Angola, João Lourenço byatangaje ko uku guharika imirwano bizagenzurwa n’itsinda ribishinzwe.

            MCN.
Tags: Byumvikanyweho i LuandaIgira ibyo yangaM23Yatsembye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails
Next Post

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy'indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?