Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 2, 2024
in Regional Politics
0
M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni bikubiye mu itangazo umutwe wa M23 washize hanze kuri uyu w’ejo hashize tariki ya 01/08/2024, rivuga ko uyu mutwe utahita uhagarika imirwano ako kanya, usaba ko leta ya Kinshasa yareka bakaja ku meza y’ibiganiro nabo.

Muri iryo tangazo, cyo bikoze ritangira rishimira abagize uruhare kugira ngo bashakire akarere amahoro n’u Burasirazuba bwa RDC.

Rukavuga kandi ko umwanzuro wo guhagarika imirwano udashobora kubahirizwa kuko ngo byagiye bikorwa mu bihe bitandukanye ariko Congo ikica amasezerano, ko ahubwo aribwo igisirikare cya leta ya Kinshasa kiba kiboneyeho umwanya wo kwisuganya ngo kigabe ibitero.

Itangazo rigira riti: “M23, yemeje ko umwanzuro wo guhagarika imirwano utahita ushyirwa mu bikorwa . Guverinoma ya Kinshasa n’abo bafatanya yagiye igira urwitwazo guhagarika intambara kwayo, ikaba ariwo mwanya wokwiyegeranya no gukomeza kwibasira inzirakarengane zo mu bwoko bumwe ari nabwo twe tugamije kurinda.”

Uyu mutwe waboneyeho no kuvuga ko igihe leta ya Kinshasa yo kwemera ibiganiro byabo nayo ari cyo gihe hozaboneka umuti urambye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC ziheruka guhuriria i Luanda mu Gihugu cya Angola mu rwego rwo kugira ngo baganire, hagamijwe kurebera hamwe icya hoshya umwuka mubi wa makimbirane hagati y’ibi bihugu byombi.

Umwe mu myanzuro yafatiwe muri ibyo biganiro ni uko humvikanywe ko Impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zihagarika imirwano, kandi bikazatangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

Ibiro bya perezida wa Angola, João Lourenço byatangaje ko uku guharika imirwano bizagenzurwa n’itsinda ribishinzwe.

            MCN.
Tags: Byumvikanyweho i LuandaIgira ibyo yangaM23Yatsembye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy'indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?