Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 2, 2024
in Regional Politics
0
M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa, yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 igize igihe yarahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa yatsembye, igira ibyo yanga, byumvikanyweho i Luanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bikubiye mu itangazo umutwe wa M23 washize hanze kuri uyu w’ejo hashize tariki ya 01/08/2024, rivuga ko uyu mutwe utahita uhagarika imirwano ako kanya, usaba ko leta ya Kinshasa yareka bakaja ku meza y’ibiganiro nabo.

Muri iryo tangazo, cyo bikoze ritangira rishimira abagize uruhare kugira ngo bashakire akarere amahoro n’u Burasirazuba bwa RDC.

Rukavuga kandi ko umwanzuro wo guhagarika imirwano udashobora kubahirizwa kuko ngo byagiye bikorwa mu bihe bitandukanye ariko Congo ikica amasezerano, ko ahubwo aribwo igisirikare cya leta ya Kinshasa kiba kiboneyeho umwanya wo kwisuganya ngo kigabe ibitero.

Itangazo rigira riti: “M23, yemeje ko umwanzuro wo guhagarika imirwano utahita ushyirwa mu bikorwa . Guverinoma ya Kinshasa n’abo bafatanya yagiye igira urwitwazo guhagarika intambara kwayo, ikaba ariwo mwanya wokwiyegeranya no gukomeza kwibasira inzirakarengane zo mu bwoko bumwe ari nabwo twe tugamije kurinda.”

Uyu mutwe waboneyeho no kuvuga ko igihe leta ya Kinshasa yo kwemera ibiganiro byabo nayo ari cyo gihe hozaboneka umuti urambye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC ziheruka guhuriria i Luanda mu Gihugu cya Angola mu rwego rwo kugira ngo baganire, hagamijwe kurebera hamwe icya hoshya umwuka mubi wa makimbirane hagati y’ibi bihugu byombi.

Umwe mu myanzuro yafatiwe muri ibyo biganiro ni uko humvikanywe ko Impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zihagarika imirwano, kandi bikazatangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

Ibiro bya perezida wa Angola, João Lourenço byatangaje ko uku guharika imirwano bizagenzurwa n’itsinda ribishinzwe.

            MCN.
Tags: Byumvikanyweho i LuandaIgira ibyo yangaM23Yatsembye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy'indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?