• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2025
in Regional Politics
0
M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.

You might also like

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Umutwe wa M23 uheruka gufata umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wigaruriye ibindi bice byinshi muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

M23 yigaruriye umujyi wa Goma tariki ya 27/01/2025, nyuma y’imirwano ikomeye yamaze iminsi ibiri ibera muri uwo mujyi no mu nkengero zawo.

Iyi mirwano umutwe wa M23 wari uyihanganyemo n’abasirikare babarirwa mu bihumbi birenga amagana byo ku ruhande rwa Leta, barimo abo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe za RDC (Hiboux), n’abo mu mutwe urinda perezida Félix Tshisekedi (Garde Rèpublicaine) n’abandi barimo imitwe yitwaje intwaro ifasha iki gihugu kurwanya uyu mutwe wa M23.

Kuri ubu uyu mutwe ukaba ukomeje kwerekeza i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, aho amakuru Minembwe.com imaze kwakira yizewe yemeza ko wabohoje ibindi bice mu buryo budasanzwe byo muri teritware ya Kalehe.

Ahar’ejo uyu mutwe wigaruriye uduce turimo Mukwindja, Kinyenzire n’utundi turi mu nkengero ya centre ya Kalehe.

Imirwano uyu mutwe wakoze yokwigarurira utu duce yaje ikurikira iyabaye ku wa gatatu aho naho wigaruriye Localité yose ya Nyabibwe.

Andi makuru avuga ko uyu mutwe wafashe ibikoresho byagisirikare byinshi ingabo zo ku ruhande rwa leta zifashishaga mu ntambara ihanganishije impande zombi. Ibyo bikoresho bikaba birimo n’indege yo mu bwoko bwa Sukhoï -25.

Mu gihe imbunda zo wafashe zirimo izo mu bwoko bwa BM-21 n’izindi z’imisaada. Ibyo bikoresho byose bikaba byafatiwe ku kibuga cy’indege cya Goma aho zari zishinze, nk’uko amakuru abivuga.

Urwego rw’igihugu cy’u Rwanda rw’itangazamakuru (RBA), rwashyize amashusho hanze agaragaza indege ya Sukhoï-25 ya FARDC, kajugujugu za gisirikare n’ibibunda bikaze byari kuri iki kibuga cy’indege cya Goma kuri ubu kigenzurwa na M23.

Hagataho, imirwano irakomeje muri teritware ya Kalehe, aho uyu mutwe wenda kuyigarurira yose, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Tags: FardcM23Sukhoï -25
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails
Next Post
RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.

RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?