• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 irimo kwiyubaka mu buryo budasanzwe.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2025
in Regional Politics
0
M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 irimo kwiyubaka mu buryo budasanzwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa m23 ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa, ukomeje kwiyongera imbaraga haba muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, ari nako ugenda ugira indi mitwe yitwaje intwaro iwiyungaho, ndetse kandi ukaba ukomeje gufata ibice byinshi ku muvudoko wo hejuru.

Amakuru ava i Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru yemeza ko uyu mutwe uheruka gufata uduce twinshi twaho, turimo Nyabyondo iherereye hafi naho iyi teritware ya Masisi ihana imbibi na teritware ya Walikale, imirwano yaho yatumye abaturage benshi bava mubyabo.

Muri Kivu y’Epfo naho nyine havuzwe imirwano mu bice bya teritware ya Walungu, aho ndetse uyu mutwe wigaruriye agace ka Kaziba n’utundi, nyuma y’aho utagumye gukomeza muri teritware ya Mwenga.

Aya makuru akomeza avuga ko m23 iri mu bikorwa byo kwinjiza abarwanyi bashya kandi benshi, ikaba kandi irimo gutoza abo yafatiye ku rugamba barenga ibihumbi 10, ndetse kandi ikaba irimo no kwakira abandi barwanyi bo mu yindi mitwe bakomeje kuyiyungaho.

Ubundi kandi uyu mutwe uri no gukomeza igisirikare cyayo mu buryo budasanzwe, kuko gitozwa imyitozo mishya uko bwije nuko bukeye.

Muri iki cyumweru gishyize, umutwe wa FCR wari mu ihuriro rya Wazalendo rifasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, watangaje ko wiyunze kuri M23 mu rugamba irimo, ibyemejwe kandi n’umuvugizi mu bya politiki wa m23, Lowrence Kanyuku.

Ku rundi ruhande, guverinoma ya Kinshasa yatangaje gahunda zo kongerera imbaraga igisirikare mu buryo bw’amafaranga n’intwaro . Iyi Leta kandi yasabye U.S.A kuyiha ubufasha mu ntambara irimo n’umutwe wa m23 ugenzura ibice byinshi by’ubutaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ndetse kandi, ubu butegetsi bw’i Kinshasa bwasabye Amerika kuba yaza gushora imari mu gihugu gifite hejuru ya tiriyari 24$ z’amabuye y’ingenzi mu gisirikare, ikorana buhanga, n’ingufu, nk’uko biri mu ibaruwa yashyizwe hanze y’uruhande rwa Leta y’i Kinshasa yandikiye minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Iyo baruwa, isaba ko perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yaboneka mu biganiro by’iyo nama hagati ya perezida Trump na perezida Felix Tshisekedi.

Muri ubwo bufatanye Leta y’i Kinshasa irifuza guha komapnyi zo muri U.S.A uburenganzira bwo gucukura amabuye y’agaciro, nayo igasaba ubufatanye mu byagisirikare, harimo gutoza, n’ibikoresho ku ngabo za Congo.

Washington nayo ubwayo iheruka gutangaza ko igiye gukorana na RDC mu bijanye n’amabuye y’agaciro, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa minisitiri w’ubanye n’amahanga wayo.

Tags: KwiyubakaLeta ya CongoM23
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yakubitaguye kubi ingabo z’u Burundi i Gashama.

Akaga gakomeye gakomeje kuba ku ngabo z'u Burundi aho zihanganiye na m23 mu misozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?