• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 irimo kwiyubaka mu buryo budasanzwe.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2025
in Regional Politics
0
M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 irimo kwiyubaka mu buryo budasanzwe.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Umutwe wa m23 ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa, ukomeje kwiyongera imbaraga haba muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, ari nako ugenda ugira indi mitwe yitwaje intwaro iwiyungaho, ndetse kandi ukaba ukomeje gufata ibice byinshi ku muvudoko wo hejuru.

Amakuru ava i Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru yemeza ko uyu mutwe uheruka gufata uduce twinshi twaho, turimo Nyabyondo iherereye hafi naho iyi teritware ya Masisi ihana imbibi na teritware ya Walikale, imirwano yaho yatumye abaturage benshi bava mubyabo.

Muri Kivu y’Epfo naho nyine havuzwe imirwano mu bice bya teritware ya Walungu, aho ndetse uyu mutwe wigaruriye agace ka Kaziba n’utundi, nyuma y’aho utagumye gukomeza muri teritware ya Mwenga.

Aya makuru akomeza avuga ko m23 iri mu bikorwa byo kwinjiza abarwanyi bashya kandi benshi, ikaba kandi irimo gutoza abo yafatiye ku rugamba barenga ibihumbi 10, ndetse kandi ikaba irimo no kwakira abandi barwanyi bo mu yindi mitwe bakomeje kuyiyungaho.

Ubundi kandi uyu mutwe uri no gukomeza igisirikare cyayo mu buryo budasanzwe, kuko gitozwa imyitozo mishya uko bwije nuko bukeye.

Muri iki cyumweru gishyize, umutwe wa FCR wari mu ihuriro rya Wazalendo rifasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, watangaje ko wiyunze kuri M23 mu rugamba irimo, ibyemejwe kandi n’umuvugizi mu bya politiki wa m23, Lowrence Kanyuku.

Ku rundi ruhande, guverinoma ya Kinshasa yatangaje gahunda zo kongerera imbaraga igisirikare mu buryo bw’amafaranga n’intwaro . Iyi Leta kandi yasabye U.S.A kuyiha ubufasha mu ntambara irimo n’umutwe wa m23 ugenzura ibice byinshi by’ubutaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ndetse kandi, ubu butegetsi bw’i Kinshasa bwasabye Amerika kuba yaza gushora imari mu gihugu gifite hejuru ya tiriyari 24$ z’amabuye y’ingenzi mu gisirikare, ikorana buhanga, n’ingufu, nk’uko biri mu ibaruwa yashyizwe hanze y’uruhande rwa Leta y’i Kinshasa yandikiye minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Iyo baruwa, isaba ko perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yaboneka mu biganiro by’iyo nama hagati ya perezida Trump na perezida Felix Tshisekedi.

Muri ubwo bufatanye Leta y’i Kinshasa irifuza guha komapnyi zo muri U.S.A uburenganzira bwo gucukura amabuye y’agaciro, nayo igasaba ubufatanye mu byagisirikare, harimo gutoza, n’ibikoresho ku ngabo za Congo.

Washington nayo ubwayo iheruka gutangaza ko igiye gukorana na RDC mu bijanye n’amabuye y’agaciro, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa minisitiri w’ubanye n’amahanga wayo.

Tags: KwiyubakaLeta ya CongoM23
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yakubitaguye kubi ingabo z’u Burundi i Gashama.

Akaga gakomeye gakomeje kuba ku ngabo z'u Burundi aho zihanganiye na m23 mu misozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?