• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 na Angola nk’umuhuza ntibavuga rumwe.

minebwenews by minebwenews
October 24, 2024
in Regional Politics
0
M23 na Angola nk’umuhuza ntibavuga rumwe.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 na Angola nk’umuhuza ntibavuga rumwe.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Habaye ukutavuga rumwe gukomeye hagati y’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umuhuza ari we Angola washyizweho n’umuryango w’ubumwe bw’Afrika.

Umutwe wa M23 kuba wafashe umujyi muto wa Kalembe, ubarizwa muri teritware ya Masisi ariko hafi ya teritware ya Walikale nibyo byarakaje umuhuza ari we perezida wa Repubulika ya Angola, João Lourenço.

Ni mu gihe yatangaje ko ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zitagomba kugira agace zifata, ngo kuko ziri mu gihe cya gahenge kemerejwe muri Angola.

Ibyo umutwe wa M23 wavuze ko bo batazi ako gahenge, ndetse kandi bavuga ko n’uwo muhuza bamuzi nk’uhuza u Rwanda na RDC, bashimangira ko umuhuza bemera ari Uhuru Kenyatta washyizweho n’amasezerano ya Nairobi ngo abe umuhuza wa Leta n’inyeshamba zose ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ariko kandi Dr Balinda Oscar wungirije uvugira AFC/M23 mu bya politiki, yabwiye itangaza makuru ko Kenyatta na we ibye byatsinzwe biturutse ku kuba Leta ya Kinshasa yaramwanze ndetse n’uwo iyo Leta yari yarohereje muri ibyo biganiro ikaza ku mwirukana mu kazi.

Yanavuze kandi ko kuba M23 yarafashe Kalembe, ngo byavuye kukuba abaturage bari bahatuye baratabaje, kuko barimo bahohoterwa na Wazalendo bazwiho gukorana byahafi n’igisirikare cya RDC.

Yagize ati: “Abaturage baradutabaje kubera ubwicanyi bakorerwa n’uwigize General witwa Guido Shimayi. N’ahandi hose bazadutabaza tuzajyayo dutabare abaturage bacu.”

Balinda yemeza ko bo agahenge(Unilateral cease fire) barimo ari ako bishyiriyeho ubwabo kuva mu 2023.

Nubwo atashimye kuvuga ibyo Angola yababwiye yemeje ko icyo gihugu kubahamagara kinohereza indege yajyanye intumwa zabo(M23) mu biganiro n’icyo gihugu cya Angola ariko ngo “ibyo twavuganye ni we uzabitangaza nabishaka.”

Kariya gahenge kiswe ‘Unilateral cease fire’ gasobanurwa nk’akishyiriweho na rumwe mu mpande ziba zihanganye mu ntambara rwo rukiyemeza guhagarika imirwano mu gihe runaka. Ibyo binasobanura ko M23 ishobora kukajyamo ikanakavamo byose ntawe ibimenyesheje cyangwa ngo ibimugishemo inama.

        MCN.
Tags: AngolaM23Ntibavuga rumweumuhuza
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Col Lwamba ureba brigade y’ingabo za RDC mu Minembwe yasabwe kuhava vuba.

Col Lwamba ureba brigade y'ingabo za RDC mu Minembwe yasabwe kuhava vuba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?