• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 na Angola nk’umuhuza ntibavuga rumwe.

minebwenews by minebwenews
October 24, 2024
in Regional Politics
0
M23 na Angola nk’umuhuza ntibavuga rumwe.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 na Angola nk’umuhuza ntibavuga rumwe.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Habaye ukutavuga rumwe gukomeye hagati y’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umuhuza ari we Angola washyizweho n’umuryango w’ubumwe bw’Afrika.

Umutwe wa M23 kuba wafashe umujyi muto wa Kalembe, ubarizwa muri teritware ya Masisi ariko hafi ya teritware ya Walikale nibyo byarakaje umuhuza ari we perezida wa Repubulika ya Angola, João Lourenço.

Ni mu gihe yatangaje ko ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zitagomba kugira agace zifata, ngo kuko ziri mu gihe cya gahenge kemerejwe muri Angola.

Ibyo umutwe wa M23 wavuze ko bo batazi ako gahenge, ndetse kandi bavuga ko n’uwo muhuza bamuzi nk’uhuza u Rwanda na RDC, bashimangira ko umuhuza bemera ari Uhuru Kenyatta washyizweho n’amasezerano ya Nairobi ngo abe umuhuza wa Leta n’inyeshamba zose ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ariko kandi Dr Balinda Oscar wungirije uvugira AFC/M23 mu bya politiki, yabwiye itangaza makuru ko Kenyatta na we ibye byatsinzwe biturutse ku kuba Leta ya Kinshasa yaramwanze ndetse n’uwo iyo Leta yari yarohereje muri ibyo biganiro ikaza ku mwirukana mu kazi.

Yanavuze kandi ko kuba M23 yarafashe Kalembe, ngo byavuye kukuba abaturage bari bahatuye baratabaje, kuko barimo bahohoterwa na Wazalendo bazwiho gukorana byahafi n’igisirikare cya RDC.

Yagize ati: “Abaturage baradutabaje kubera ubwicanyi bakorerwa n’uwigize General witwa Guido Shimayi. N’ahandi hose bazadutabaza tuzajyayo dutabare abaturage bacu.”

Balinda yemeza ko bo agahenge(Unilateral cease fire) barimo ari ako bishyiriyeho ubwabo kuva mu 2023.

Nubwo atashimye kuvuga ibyo Angola yababwiye yemeje ko icyo gihugu kubahamagara kinohereza indege yajyanye intumwa zabo(M23) mu biganiro n’icyo gihugu cya Angola ariko ngo “ibyo twavuganye ni we uzabitangaza nabishaka.”

Kariya gahenge kiswe ‘Unilateral cease fire’ gasobanurwa nk’akishyiriweho na rumwe mu mpande ziba zihanganye mu ntambara rwo rukiyemeza guhagarika imirwano mu gihe runaka. Ibyo binasobanura ko M23 ishobora kukajyamo ikanakavamo byose ntawe ibimenyesheje cyangwa ngo ibimugishemo inama.

        MCN.
Tags: AngolaM23Ntibavuga rumweumuhuza
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Col Lwamba ureba brigade y’ingabo za RDC mu Minembwe yasabwe kuhava vuba.

Col Lwamba ureba brigade y'ingabo za RDC mu Minembwe yasabwe kuhava vuba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?