Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yabohoje agace k’i ngenzi muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 12, 2025
in Regional Politics
0
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yabohoje agace k’i ngenzi muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Umutwe wa M23 ugize igihe unyeganyeza imbaraga z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe agace ki ngenzi ka teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Mu masaha make ashyize yo kuri uyu wa gatatu tariki ya 12/02/2025, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bafashe zone ya Kalehe iherereye mu ntera y’ibirometero nka 64 uvuye mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Aka gace gafashwe nyuma y’imirwano ikomeye yarimaze iminsi igera kuri itatu, ibera mu nkengero zako, aho yahuzaga ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta n’uyu mutwe wa M23.

M23 gufata aka gace k’ingenzi kaje kiyongera kutundi uyu mutwe wigaruriye mu minsi mike ishize, harimo kandi n’umujyi wa Minova wabohojwe mu ntangiriro z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka.

Uyu mutwe wigaruriye aka gace kari mu ntera y’ibirometero bike n’umujyi muto wa Kavumu urimo ikibuga cy’indege gikuru muri Kivu y’Epfo, mu gihe Leta ya Kinshasa yari iheruka kukoherezamo ingabo nyinshi zibarirwa mu bihumbi 60 zo ku karinda zirimo iz’u Burundi, FDLR, Wazalendo n’ingabo za FARDC.

Amakuru Minembwe.com ikesha umwe mu barwanyi ba M23 avuga ko iyi mirwano yabereye muri zone ya Kalehe yasize ingabo z’u Burundi nyinshi zihasize ubuzima.

Agira ati: “Iyi mirwano Abarundi benshi bayiburiyemo ubuzima. Si nigeze mbara ariko imirambo yabo nabashe kubona ntiri munsi y’ijana na mirongo.”

Uyu murwanyi kandi yemeje ko Kalehe yamaze kubohozwa n’uyu mutwe wa M23, ndetse avuga ko ubwe yageze no kwa Mwami.

Ati: “Ubu tuvugana nitwe tugenzura centre ya Kalehe. Njyewe ubwanjye nageze no kwa mwami wa Kalehe aha muri Ihusi.”

Hagataho, mu gihe imirwano yakomeza uyu mutwe wahita ufata na Kavumu kuko aha bafashe atari kure nayo.

Tags: FardcM23
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.

Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?