• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yabohoje agace k’i ngenzi muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2025
in Regional Politics
0
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yabohoje agace k’i ngenzi muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa M23 ugize igihe unyeganyeza imbaraga z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe agace ki ngenzi ka teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Mu masaha make ashyize yo kuri uyu wa gatatu tariki ya 12/02/2025, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bafashe zone ya Kalehe iherereye mu ntera y’ibirometero nka 64 uvuye mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Aka gace gafashwe nyuma y’imirwano ikomeye yarimaze iminsi igera kuri itatu, ibera mu nkengero zako, aho yahuzaga ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta n’uyu mutwe wa M23.

M23 gufata aka gace k’ingenzi kaje kiyongera kutundi uyu mutwe wigaruriye mu minsi mike ishize, harimo kandi n’umujyi wa Minova wabohojwe mu ntangiriro z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka.

Uyu mutwe wigaruriye aka gace kari mu ntera y’ibirometero bike n’umujyi muto wa Kavumu urimo ikibuga cy’indege gikuru muri Kivu y’Epfo, mu gihe Leta ya Kinshasa yari iheruka kukoherezamo ingabo nyinshi zibarirwa mu bihumbi 60 zo ku karinda zirimo iz’u Burundi, FDLR, Wazalendo n’ingabo za FARDC.

Amakuru Minembwe.com ikesha umwe mu barwanyi ba M23 avuga ko iyi mirwano yabereye muri zone ya Kalehe yasize ingabo z’u Burundi nyinshi zihasize ubuzima.

Agira ati: “Iyi mirwano Abarundi benshi bayiburiyemo ubuzima. Si nigeze mbara ariko imirambo yabo nabashe kubona ntiri munsi y’ijana na mirongo.”

Uyu murwanyi kandi yemeje ko Kalehe yamaze kubohozwa n’uyu mutwe wa M23, ndetse avuga ko ubwe yageze no kwa Mwami.

Ati: “Ubu tuvugana nitwe tugenzura centre ya Kalehe. Njyewe ubwanjye nageze no kwa mwami wa Kalehe aha muri Ihusi.”

Hagataho, mu gihe imirwano yakomeza uyu mutwe wahita ufata na Kavumu kuko aha bafashe atari kure nayo.

Tags: FardcM23
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.

Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?