Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma y’aho ifashe gurupema ya Luciga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma y’aho ifashe gurupema ya Luciga.

You might also like

Gen.Muhoozi yavuze icyo UPDF izakora mu gihe imirwano yo kwaduka i Uvira muri Kivu y’Epfo.

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y’Amajyepfo.

Ibivugwa kuri Gen. Tshiwewe uheruka gutabwa muri yombi i Kinshasa.

Amagrupema arenga atatu aherereye muri cheferi ya Luhwinja izwiho kuba yibitseho ubutunzi bukomeye bwa mabuye y’agaciro yigaruriwe n’umutwe wa M23 nyuma y’aho ifashe iya Luciga.

Mu rukerera rwo ku itariki ya 06/05/2025, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bafashe grupema ya Luciga, nyuma y’imirwano itari kanganye cyane yabahuzaga n’ingabo z’u ruhande ru rwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Luciga ikaba izwi nk’umutima wa cheferi ya Luhwinja yibitseho ubutunzi kamere ahanini bwa mabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa or n’andi.

Uyu mutwe wafashe iki gice nyuma yuko wari uheruka kubohoza isantire ya Kaziba, iyo amakuru agaragaza ko uyu mutwe kugira ngo uyifate hari nyuma y’imirwano ikomeye yamaze iminsi ibiri iwuhanganishije bikomeye na ririya huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Nyuma y’aho rero ufashe iyi ya Luciga yongeye kwigarurira n’andi magrupema arimo iya Kabalole, Luduha na Idudwe n’utundi duce duherereye muri ibyo bice.

Kuri ubu ho, biravugwa kandi ko aba barwanyi ba AFC/M23 bamaze kugota Localite za Ngando, Chihumba na Kashanga, kuburyo isaha n’isaha bazigarurira, na zo zikaba ari Localite zikungahaye ku mabuye y’agaciro ya zahabu.

Sibyo gusa kuko kandi amakuru akomeza agaragaza ko uyu mutwe ukomeje kuja imbere werekeza mu gice gicukurwamo amabuye y’agaciro na sosiyete y’Abanya-Kanada ya Twangiza Ming, mu birometero bike uvuye muri centre ya grupema ya Luciga.

Tubibutsa ko ibyo bice bimaze kuvugwa haruguru uyu mutwe wa M23 umaze kubohoza, biherereye ku rubibi rwa za teritware ya Walungu, Mwenga na Uvira. Ariko byo biri muri Walungu.

Tags: LuhwinjaM23Walungu
Share36Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Gen.Muhoozi yavuze icyo UPDF izakora mu gihe imirwano yo kwaduka i Uvira muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Gen.Muhoozi yavuze icyo UPDF izakora mu gihe imirwano yo kwaduka i Uvira muri Kivu y'Epfo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, General...

Read moreDetails

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y'Amajyepfo. Nyuma y'imirwano ikomeye iheruka kubera mu misozi ya Nyangenzi muri teritware ya Walungu no mu gace kamwe...

Read moreDetails

Ibivugwa kuri Gen. Tshiwewe uheruka gutabwa muri yombi i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Byakaze, uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, ari mu mazi abira.

Ibivugwa kuri Gen. Tshiwewe uheruka gutabwa muri yombi i Kinshasa. General Christian Tshiwewe wahoze ari umugaba mukuru w'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo arimo kubazwa umugambi wo...

Read moreDetails

Idubu zatojwe na Gen. Makanika zikomeje kugarura ituze n’amahoro i Mulenge.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

Idubu zatojwe na Gen. Makanika zikomeje kugarura ituze i Mulenge. Nyuma y'aho ku munsi w'ejo ku wa kabiri ihuriro ry'ingabo za Congo zateraguye amasasu mu bice byo mu...

Read moreDetails

Icyo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakoze ku banyeshuri batwite.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Icyo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakoze ku banyeshuri batwite.

Icyo ubutegetsi bw'i Kinshasa bwakoze ku banyeshuri batwite. Ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwemereye abanyeshuri batwite gukomeza amashuri mu gihe hari itegeko...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku bimenyetso by’imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.

Ibyo wa menya ku bimenyetso by'imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?