• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma y’aho ifashe gurupema ya Luciga.

minebwenews by minebwenews
May 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma y’aho ifashe gurupema ya Luciga.

You might also like

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amagrupema arenga atatu aherereye muri cheferi ya Luhwinja izwiho kuba yibitseho ubutunzi bukomeye bwa mabuye y’agaciro yigaruriwe n’umutwe wa M23 nyuma y’aho ifashe iya Luciga.

Mu rukerera rwo ku itariki ya 06/05/2025, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bafashe grupema ya Luciga, nyuma y’imirwano itari kanganye cyane yabahuzaga n’ingabo z’u ruhande ru rwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Luciga ikaba izwi nk’umutima wa cheferi ya Luhwinja yibitseho ubutunzi kamere ahanini bwa mabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa or n’andi.

Uyu mutwe wafashe iki gice nyuma yuko wari uheruka kubohoza isantire ya Kaziba, iyo amakuru agaragaza ko uyu mutwe kugira ngo uyifate hari nyuma y’imirwano ikomeye yamaze iminsi ibiri iwuhanganishije bikomeye na ririya huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Nyuma y’aho rero ufashe iyi ya Luciga yongeye kwigarurira n’andi magrupema arimo iya Kabalole, Luduha na Idudwe n’utundi duce duherereye muri ibyo bice.

Kuri ubu ho, biravugwa kandi ko aba barwanyi ba AFC/M23 bamaze kugota Localite za Ngando, Chihumba na Kashanga, kuburyo isaha n’isaha bazigarurira, na zo zikaba ari Localite zikungahaye ku mabuye y’agaciro ya zahabu.

Sibyo gusa kuko kandi amakuru akomeza agaragaza ko uyu mutwe ukomeje kuja imbere werekeza mu gice gicukurwamo amabuye y’agaciro na sosiyete y’Abanya-Kanada ya Twangiza Ming, mu birometero bike uvuye muri centre ya grupema ya Luciga.

Tubibutsa ko ibyo bice bimaze kuvugwa haruguru uyu mutwe wa M23 umaze kubohoza, biherereye ku rubibi rwa za teritware ya Walungu, Mwenga na Uvira. Ariko byo biri muri Walungu.

Tags: LuhwinjaM23Walungu
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Pelusi, yagarutse mu mujyi wa Uvira kuri uyu wa Gatanu, tariki...

Read moreDetails

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero, mu nkengero za santere ya Minembwe, aravuga ko kuri...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku bimenyetso by’imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.

Ibyo wa menya ku bimenyetso by'imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?