Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma y’aho ifashe gurupema ya Luciga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma y’aho ifashe gurupema ya Luciga.

You might also like

FARDC n’abambari bayo biswe wa pumbafu banasabirwa kwirukanwa iteka.

FARDC yahuriye n’akaga mu gitero yagabye mu Rugezi.

Ibivugwa ku mirongo y’urugamba hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC muri Kivu y’Epfo.

Amagrupema arenga atatu aherereye muri cheferi ya Luhwinja izwiho kuba yibitseho ubutunzi bukomeye bwa mabuye y’agaciro yigaruriwe n’umutwe wa M23 nyuma y’aho ifashe iya Luciga.

Mu rukerera rwo ku itariki ya 06/05/2025, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bafashe grupema ya Luciga, nyuma y’imirwano itari kanganye cyane yabahuzaga n’ingabo z’u ruhande ru rwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Luciga ikaba izwi nk’umutima wa cheferi ya Luhwinja yibitseho ubutunzi kamere ahanini bwa mabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa or n’andi.

Uyu mutwe wafashe iki gice nyuma yuko wari uheruka kubohoza isantire ya Kaziba, iyo amakuru agaragaza ko uyu mutwe kugira ngo uyifate hari nyuma y’imirwano ikomeye yamaze iminsi ibiri iwuhanganishije bikomeye na ririya huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Nyuma y’aho rero ufashe iyi ya Luciga yongeye kwigarurira n’andi magrupema arimo iya Kabalole, Luduha na Idudwe n’utundi duce duherereye muri ibyo bice.

Kuri ubu ho, biravugwa kandi ko aba barwanyi ba AFC/M23 bamaze kugota Localite za Ngando, Chihumba na Kashanga, kuburyo isaha n’isaha bazigarurira, na zo zikaba ari Localite zikungahaye ku mabuye y’agaciro ya zahabu.

Sibyo gusa kuko kandi amakuru akomeza agaragaza ko uyu mutwe ukomeje kuja imbere werekeza mu gice gicukurwamo amabuye y’agaciro na sosiyete y’Abanya-Kanada ya Twangiza Ming, mu birometero bike uvuye muri centre ya grupema ya Luciga.

Tubibutsa ko ibyo bice bimaze kuvugwa haruguru uyu mutwe wa M23 umaze kubohoza, biherereye ku rubibi rwa za teritware ya Walungu, Mwenga na Uvira. Ariko byo biri muri Walungu.

Tags: LuhwinjaM23Walungu
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

FARDC n’abambari bayo biswe wa pumbafu banasabirwa kwirukanwa iteka.

by Bruce Bahanda
May 10, 2025
0
FARDC n’abambari bayo biswe wa pumbafu banasabirwa kwirukanwa iteka.

FARDC n'abambari bayo biswe wa pumbafu banasabirwa kwirukanwa iteka. I Kabembe ho muri Cheferi ya Kaziba, teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika...

Read moreDetails

FARDC yahuriye n’akaga mu gitero yagabye mu Rugezi.

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.

FARDC yahuriye n'akaga mu gitero yagabye mu Rugezi. Igitero ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye ku mutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 mu Rugezi, zagiherewemo isomo...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mirongo y’urugamba hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.

Ibivugwa ku mirongo y'urugamba hagati ya AFC/M23 n'ihuriro ry'ingabo za RDC muri Kivu y'Epfo. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa...

Read moreDetails

Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by'ihuriro ry'Ingabo za RDC. Mu Rugezi mu gice kigenzurwa n'umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 cyazindutse kigabwamo ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Irasana ryabaye kuri Kalongi havuzwe impamvu yaryo.

by Bruce Bahanda
May 8, 2025
0
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.

Irasana ryabaye kuri Kalongi havuzwe impamvu yaryo. Amakuru aturuka kuri Kalongi haherereye mu Burasizuba bwa komine ya Minembwe muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habaye irasana ryakanya gato hagati...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku bimenyetso by’imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.

Ibyo wa menya ku bimenyetso by'imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?