• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma y’aho ifashe gurupema ya Luciga.

minebwenews by minebwenews
May 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma y’aho ifashe gurupema ya Luciga.

You might also like

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

Amagrupema arenga atatu aherereye muri cheferi ya Luhwinja izwiho kuba yibitseho ubutunzi bukomeye bwa mabuye y’agaciro yigaruriwe n’umutwe wa M23 nyuma y’aho ifashe iya Luciga.

Mu rukerera rwo ku itariki ya 06/05/2025, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bafashe grupema ya Luciga, nyuma y’imirwano itari kanganye cyane yabahuzaga n’ingabo z’u ruhande ru rwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Luciga ikaba izwi nk’umutima wa cheferi ya Luhwinja yibitseho ubutunzi kamere ahanini bwa mabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa or n’andi.

Uyu mutwe wafashe iki gice nyuma yuko wari uheruka kubohoza isantire ya Kaziba, iyo amakuru agaragaza ko uyu mutwe kugira ngo uyifate hari nyuma y’imirwano ikomeye yamaze iminsi ibiri iwuhanganishije bikomeye na ririya huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Nyuma y’aho rero ufashe iyi ya Luciga yongeye kwigarurira n’andi magrupema arimo iya Kabalole, Luduha na Idudwe n’utundi duce duherereye muri ibyo bice.

Kuri ubu ho, biravugwa kandi ko aba barwanyi ba AFC/M23 bamaze kugota Localite za Ngando, Chihumba na Kashanga, kuburyo isaha n’isaha bazigarurira, na zo zikaba ari Localite zikungahaye ku mabuye y’agaciro ya zahabu.

Sibyo gusa kuko kandi amakuru akomeza agaragaza ko uyu mutwe ukomeje kuja imbere werekeza mu gice gicukurwamo amabuye y’agaciro na sosiyete y’Abanya-Kanada ya Twangiza Ming, mu birometero bike uvuye muri centre ya grupema ya Luciga.

Tubibutsa ko ibyo bice bimaze kuvugwa haruguru uyu mutwe wa M23 umaze kubohoza, biherereye ku rubibi rwa za teritware ya Walungu, Mwenga na Uvira. Ariko byo biri muri Walungu.

Tags: LuhwinjaM23Walungu
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse Le porte-parole adjoint en charge des affaires politiques de...

Read moreDetails

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi Umuvugizi wungirije mu rwego rwa politiki w’ihuriro AFC/M23, Dr Balinda, yatangaje ko...

Read moreDetails

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance James Swan, the Special Representative of the UN Secretary-General and Head of MONUSCO, arrived this Friday, April...

Read moreDetails

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 James Swan, Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, yageze kuri uyu wa Gatanu tariki ya...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo Nubwo umutekano utaragaruka uko bikwiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impunzi z’Abanyekongo zari zarahungiye mu Burundi zatangiye gutahuka ku bushake,...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku bimenyetso by’imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.

Ibyo wa menya ku bimenyetso by'imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?