• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2024
in World News
0
Ubutegetsi bwa Kinshasa  bwatangaje icyo bugiye gukora nyuma y’uko umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje ubwo butegetsi ndetse ukaba unamaze kubohoza uturere twinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Ni uduce tugera muri tubiri two muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nitwo Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zimaze kwigarurira muri iki gitondo cyo ku wa Gatanu, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Uduce tuvugwa ko twigaruriwe na m23, hari akitwa Kimaka ko kafashwe mu masaha make ashize yo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28/06/2024 na gace ka Miriki ko zakagezemo kuva ku mu goroba w’ejo hashize, ariko zifataho agace gato, mu gihe uyumunsi ho byarangiye aka gace zikigaruriyekose.

Ay’amakuru akomeza avuga ko indi mirwano ikomeye yazindutse ibera mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, hagati y’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa na m23.

Binavugwa kandi ko iyi mirwano iri gusatira mu buryo budasanzwe igana muri centre rwagati ya Kanyabayonga ifite ubutaka bumwe bukora muri teritware ya Lubero ubundi muri Rutshuru.

Ndetse kandi binavugwa ko muri centre ya Kanyabayonga Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ko zoba zamaze kuyivamo, ni mu gihe hari amakuru avuga ko m23 yamaze kwigarurira udusozi twose dukikije iyi centre y’ingenzi yo muri Lubero.

Ku rundi ruhande indi mirwano ikaze ihanganishije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi, nka hitwa Remeka no mu nkengero zaka gace.

Amakuru yaka kanya avuga ko muri aka gace, ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, hazindutse humvikanamo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito. Kandi ko kugeza nubu urwo rusaku rukirimo rw’umvikana.

Ibi bikomeje gutuma abaturage benshi bahunga aho bahunga berekeza mutundi duce tutari kuberamo intambara. Nk’uko ay’amakuru abisobanura nuko abahunze bari guhunga bava ahitwa Miriki, ho muri teritware ya Lubero na Remeka ho muri teritware ya Masisi.

                MCN.
Tags: KanyabayongaLuberoM23MasisiUduceYatwigaruriye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe imirima y’abaturage yasahuwe n’Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Havuzwe imirima y'abaturage yasahuwe n'Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?