• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2024
in World News
0
Ubutegetsi bwa Kinshasa  bwatangaje icyo bugiye gukora nyuma y’uko umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje ubwo butegetsi ndetse ukaba unamaze kubohoza uturere twinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

Urubanza rwa MetaAI Ruri Kuvugurura Imyumvire y’Isi ku Mutekano w’Amakuru

Amerika Yohereje Ubwato Bukomeye bw’Intambara hafi ya Iran, Umwuka wa Politiki n’Umutekano Urushaho Kumera Nabi

Ni uduce tugera muri tubiri two muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nitwo Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zimaze kwigarurira muri iki gitondo cyo ku wa Gatanu, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Uduce tuvugwa ko twigaruriwe na m23, hari akitwa Kimaka ko kafashwe mu masaha make ashize yo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28/06/2024 na gace ka Miriki ko zakagezemo kuva ku mu goroba w’ejo hashize, ariko zifataho agace gato, mu gihe uyumunsi ho byarangiye aka gace zikigaruriyekose.

Ay’amakuru akomeza avuga ko indi mirwano ikomeye yazindutse ibera mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, hagati y’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa na m23.

Binavugwa kandi ko iyi mirwano iri gusatira mu buryo budasanzwe igana muri centre rwagati ya Kanyabayonga ifite ubutaka bumwe bukora muri teritware ya Lubero ubundi muri Rutshuru.

Ndetse kandi binavugwa ko muri centre ya Kanyabayonga Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ko zoba zamaze kuyivamo, ni mu gihe hari amakuru avuga ko m23 yamaze kwigarurira udusozi twose dukikije iyi centre y’ingenzi yo muri Lubero.

Ku rundi ruhande indi mirwano ikaze ihanganishije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi, nka hitwa Remeka no mu nkengero zaka gace.

Amakuru yaka kanya avuga ko muri aka gace, ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, hazindutse humvikanamo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito. Kandi ko kugeza nubu urwo rusaku rukirimo rw’umvikana.

Ibi bikomeje gutuma abaturage benshi bahunga aho bahunga berekeza mutundi duce tutari kuberamo intambara. Nk’uko ay’amakuru abisobanura nuko abahunze bari guhunga bava ahitwa Miriki, ho muri teritware ya Lubero na Remeka ho muri teritware ya Masisi.

                MCN.
Tags: KanyabayongaLuberoM23MasisiUduceYatwigaruriye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran U Bushinwa bwahaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika umuburo ukomeye kandi udasanzwe,...

Read moreDetails

Urubanza rwa MetaAI Ruri Kuvugurura Imyumvire y’Isi ku Mutekano w’Amakuru

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Urubanza rwa MetaAI Ruri Kuvugurura Imyumvire y’Isi ku Mutekano w’Amakuru

Urubanza rwa MetaAI Ruri Kuvugurura Imyumvire y’Isi ku Mutekano w’Amakuru Mu mahanga, haravugwa inkuru ikomeje gukurura impaka ndende ku rwego mpuzamahanga ku mutekano w’amakuru y’ibanga ku mbuga nkoranyambaga....

Read moreDetails

Amerika Yohereje Ubwato Bukomeye bw’Intambara hafi ya Iran, Umwuka wa Politiki n’Umutekano Urushaho Kumera Nabi

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Amerika Yohereje Ubwato Bukomeye bw’Intambara hafi ya Iran, Umwuka wa Politiki n’Umutekano Urushaho Kumera Nabi

Amerika Yohereje Ubwato Bukomeye bw’Intambara hafi ya Iran, Umwuka wa Politiki n’Umutekano Urushaho Kumera Nabi Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakajije ingamba z’umutekano mu Burasirazuba bwo Hagati, zohereza...

Read moreDetails

Ukuri ku Bukungu bwa Amerika Cyangwa Imibare Itavugwaho Rumwe?

by Bahanda Bruce
January 26, 2026
0
Ukuri ku Bukungu bwa Amerika Cyangwa Imibare Itavugwaho Rumwe?

Ukuri ku Bukungu bwa Amerika Cyangwa Imibare Itavugwaho Rumwe? Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yatangaje ko mu mwaka wa mbere w’igihembwe cye cya...

Read moreDetails

Amerika mu Ijambo Rikaze: Trump Yatunguye Canada Ayiburira Umusoro wa 100% ku Bicuruzwa

by Bahanda Bruce
January 26, 2026
0
Amerika mu Ijambo Rikaze: Trump Yatunguye Canada Ayiburira Umusoro wa 100% ku Bicuruzwa

Amerika mu Ijambo Rikaze: Trump Yatunguye Canada Ayiburira Umusoro wa 100% ku Bicuruzwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakije umuriro ku gihugu cya Canada...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe imirima y’abaturage yasahuwe n’Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Havuzwe imirima y'abaturage yasahuwe n'Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?