• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2024
in World News
0
Ubutegetsi bwa Kinshasa  bwatangaje icyo bugiye gukora nyuma y’uko umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje ubwo butegetsi ndetse ukaba unamaze kubohoza uturere twinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Ni uduce tugera muri tubiri two muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nitwo Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zimaze kwigarurira muri iki gitondo cyo ku wa Gatanu, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Uduce tuvugwa ko twigaruriwe na m23, hari akitwa Kimaka ko kafashwe mu masaha make ashize yo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28/06/2024 na gace ka Miriki ko zakagezemo kuva ku mu goroba w’ejo hashize, ariko zifataho agace gato, mu gihe uyumunsi ho byarangiye aka gace zikigaruriyekose.

Ay’amakuru akomeza avuga ko indi mirwano ikomeye yazindutse ibera mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, hagati y’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa na m23.

Binavugwa kandi ko iyi mirwano iri gusatira mu buryo budasanzwe igana muri centre rwagati ya Kanyabayonga ifite ubutaka bumwe bukora muri teritware ya Lubero ubundi muri Rutshuru.

Ndetse kandi binavugwa ko muri centre ya Kanyabayonga Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ko zoba zamaze kuyivamo, ni mu gihe hari amakuru avuga ko m23 yamaze kwigarurira udusozi twose dukikije iyi centre y’ingenzi yo muri Lubero.

Ku rundi ruhande indi mirwano ikaze ihanganishije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi, nka hitwa Remeka no mu nkengero zaka gace.

Amakuru yaka kanya avuga ko muri aka gace, ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, hazindutse humvikanamo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito. Kandi ko kugeza nubu urwo rusaku rukirimo rw’umvikana.

Ibi bikomeje gutuma abaturage benshi bahunga aho bahunga berekeza mutundi duce tutari kuberamo intambara. Nk’uko ay’amakuru abisobanura nuko abahunze bari guhunga bava ahitwa Miriki, ho muri teritware ya Lubero na Remeka ho muri teritware ya Masisi.

                MCN.
Tags: KanyabayongaLuberoM23MasisiUduceYatwigaruriye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe imirima y’abaturage yasahuwe n’Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Havuzwe imirima y'abaturage yasahuwe n'Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?