Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2024
in World News
0
Ubutegetsi bwa Kinshasa  bwatangaje icyo bugiye gukora nyuma y’uko umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje ubwo butegetsi ndetse ukaba unamaze kubohoza uturere twinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ni uduce tugera muri tubiri two muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nitwo Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zimaze kwigarurira muri iki gitondo cyo ku wa Gatanu, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Uduce tuvugwa ko twigaruriwe na m23, hari akitwa Kimaka ko kafashwe mu masaha make ashize yo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28/06/2024 na gace ka Miriki ko zakagezemo kuva ku mu goroba w’ejo hashize, ariko zifataho agace gato, mu gihe uyumunsi ho byarangiye aka gace zikigaruriyekose.

Ay’amakuru akomeza avuga ko indi mirwano ikomeye yazindutse ibera mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, hagati y’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa na m23.

Binavugwa kandi ko iyi mirwano iri gusatira mu buryo budasanzwe igana muri centre rwagati ya Kanyabayonga ifite ubutaka bumwe bukora muri teritware ya Lubero ubundi muri Rutshuru.

Ndetse kandi binavugwa ko muri centre ya Kanyabayonga Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ko zoba zamaze kuyivamo, ni mu gihe hari amakuru avuga ko m23 yamaze kwigarurira udusozi twose dukikije iyi centre y’ingenzi yo muri Lubero.

Ku rundi ruhande indi mirwano ikaze ihanganishije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi, nka hitwa Remeka no mu nkengero zaka gace.

Amakuru yaka kanya avuga ko muri aka gace, ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, hazindutse humvikanamo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito. Kandi ko kugeza nubu urwo rusaku rukirimo rw’umvikana.

Ibi bikomeje gutuma abaturage benshi bahunga aho bahunga berekeza mutundi duce tutari kuberamo intambara. Nk’uko ay’amakuru abisobanura nuko abahunze bari guhunga bava ahitwa Miriki, ho muri teritware ya Lubero na Remeka ho muri teritware ya Masisi.

                MCN.
Tags: KanyabayongaLuberoM23MasisiUduceYatwigaruriye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe imirima y’abaturage yasahuwe n’Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Havuzwe imirima y'abaturage yasahuwe n'Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?