Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe za matekwa nyinshi z’abasirikare b’u Burundi i Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 11, 2025
in Regional Politics
0
FDLR na FARDC nyinshi zafatiwe ku rugamba.
170
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe za matekwa nyinshi z’abasirikare b’u Burundi i Masisi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amakuru ava muri teritware ya Masisi ahagize iminsi habera imirwano hagati y’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa n’ihuriro ry’Ingabo zirimo n’iz’u Burundi zirwanirira ubwo butegetsi, yafatiwemo ingabo z’u Burundi 48.

Iyi mirwano ikomeje kubera i Masisi, hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo yongeye kubura mu mpera z’u mwaka ushize wa 2024, nyuma y’amezi agera kuri ane ntayo ihabera.

Kugeza mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, ndetse n’ahar’ejo muri iyi teritware humvikanye ibiturika bikomeye.

Nk’uko iyi nkuru ibivuga, ahar’ejo tariki ya 10/01/2025, imirwano yabereye mu duce twinshi turimo udukikije umujyi wa Sake, indi nanone yaberaga mu bice bya Bwemerimana, aho iyi teritwari ya Masisi igabanira na teritwari ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Aya makuru akavuga ko muri iyi ntambara kwariyo M23 yafatiyemo ingabo z’u Burundi.

Usibye kuba M23 yarafashe matekwa 48 y’ingabo z’u Burundi, yanarashe abandi benshi mu rugamba bari bahanganyemo.

Umurwanyi wa M23 waduhaye iyi nkuru yagize ati: “M23 yafashe matekwa 48 y’ingabo z’u Burundi, inarasa benshi barimo abo mu mutwe wa FDLR na Wazalendo.”

Ni amakuru kandi avuga ko umurwanyi wo muri Wazalendo ufite ipeti rya Colonel yayiguyemo. Uwo murwanyi akaba yarazwi ku izina rya Shuo Kiumu.

Ingabo z’u Burundi zongeye gufatwa amatekwa ari nyinshi, mu gihe n’umwaka wa 2022 zafashwe ku bwinshi mu rugamba uyu mutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Kitshanga na wo uherereye muri teritware ya Masisi.

Hagataho, M23 ikomeje kugaragaza imbaraga zidasanzwe muri iyi ntambara ikomeje kubica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: Ingabo z'u BurundiM23MasisiMatekwa
Share68Tweet43Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Nubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi bugerageza kurimbura Abanyamulenge, ariko hari icyo bashimira Imana.

Nubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi bugerageza kurimbura Abanyamulenge, ariko hari icyo bashimira Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?