• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe za matekwa nyinshi z’abasirikare b’u Burundi i Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 11, 2025
in Regional Politics
0
FDLR na FARDC nyinshi zafatiwe ku rugamba.
170
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe za matekwa nyinshi z’abasirikare b’u Burundi i Masisi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru ava muri teritware ya Masisi ahagize iminsi habera imirwano hagati y’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa n’ihuriro ry’Ingabo zirimo n’iz’u Burundi zirwanirira ubwo butegetsi, yafatiwemo ingabo z’u Burundi 48.

Iyi mirwano ikomeje kubera i Masisi, hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo yongeye kubura mu mpera z’u mwaka ushize wa 2024, nyuma y’amezi agera kuri ane ntayo ihabera.

Kugeza mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, ndetse n’ahar’ejo muri iyi teritware humvikanye ibiturika bikomeye.

Nk’uko iyi nkuru ibivuga, ahar’ejo tariki ya 10/01/2025, imirwano yabereye mu duce twinshi turimo udukikije umujyi wa Sake, indi nanone yaberaga mu bice bya Bwemerimana, aho iyi teritwari ya Masisi igabanira na teritwari ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Aya makuru akavuga ko muri iyi ntambara kwariyo M23 yafatiyemo ingabo z’u Burundi.

Usibye kuba M23 yarafashe matekwa 48 y’ingabo z’u Burundi, yanarashe abandi benshi mu rugamba bari bahanganyemo.

Umurwanyi wa M23 waduhaye iyi nkuru yagize ati: “M23 yafashe matekwa 48 y’ingabo z’u Burundi, inarasa benshi barimo abo mu mutwe wa FDLR na Wazalendo.”

Ni amakuru kandi avuga ko umurwanyi wo muri Wazalendo ufite ipeti rya Colonel yayiguyemo. Uwo murwanyi akaba yarazwi ku izina rya Shuo Kiumu.

Ingabo z’u Burundi zongeye gufatwa amatekwa ari nyinshi, mu gihe n’umwaka wa 2022 zafashwe ku bwinshi mu rugamba uyu mutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Kitshanga na wo uherereye muri teritware ya Masisi.

Hagataho, M23 ikomeje kugaragaza imbaraga zidasanzwe muri iyi ntambara ikomeje kubica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: Ingabo z'u BurundiM23MasisiMatekwa
Share68Tweet43Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Nubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi bugerageza kurimbura Abanyamulenge, ariko hari icyo bashimira Imana.

Nubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi bugerageza kurimbura Abanyamulenge, ariko hari icyo bashimira Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?