• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe za matekwa nyinshi z’abasirikare b’u Burundi i Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 11, 2025
in Regional Politics
0
FDLR na FARDC nyinshi zafatiwe ku rugamba.
171
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe za matekwa nyinshi z’abasirikare b’u Burundi i Masisi.

Amakuru ava muri teritware ya Masisi ahagize iminsi habera imirwano hagati y’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa n’ihuriro ry’Ingabo zirimo n’iz’u Burundi zirwanirira ubwo butegetsi, yafatiwemo ingabo z’u Burundi 48.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Iyi mirwano ikomeje kubera i Masisi, hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo yongeye kubura mu mpera z’u mwaka ushize wa 2024, nyuma y’amezi agera kuri ane ntayo ihabera.

Kugeza mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, ndetse n’ahar’ejo muri iyi teritware humvikanye ibiturika bikomeye.

Nk’uko iyi nkuru ibivuga, ahar’ejo tariki ya 10/01/2025, imirwano yabereye mu duce twinshi turimo udukikije umujyi wa Sake, indi nanone yaberaga mu bice bya Bwemerimana, aho iyi teritwari ya Masisi igabanira na teritwari ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Aya makuru akavuga ko muri iyi ntambara kwariyo M23 yafatiyemo ingabo z’u Burundi.

Usibye kuba M23 yarafashe matekwa 48 y’ingabo z’u Burundi, yanarashe abandi benshi mu rugamba bari bahanganyemo.

Umurwanyi wa M23 waduhaye iyi nkuru yagize ati: “M23 yafashe matekwa 48 y’ingabo z’u Burundi, inarasa benshi barimo abo mu mutwe wa FDLR na Wazalendo.”

Ni amakuru kandi avuga ko umurwanyi wo muri Wazalendo ufite ipeti rya Colonel yayiguyemo. Uwo murwanyi akaba yarazwi ku izina rya Shuo Kiumu.

Ingabo z’u Burundi zongeye gufatwa amatekwa ari nyinshi, mu gihe n’umwaka wa 2022 zafashwe ku bwinshi mu rugamba uyu mutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Kitshanga na wo uherereye muri teritware ya Masisi.

Hagataho, M23 ikomeje kugaragaza imbaraga zidasanzwe muri iyi ntambara ikomeje kubica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: Ingabo z'u BurundiM23MasisiMatekwa

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Nubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi bugerageza kurimbura Abanyamulenge, ariko hari icyo bashimira Imana.

Nubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi bugerageza kurimbura Abanyamulenge, ariko hari icyo bashimira Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?