• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yakubise kubi FARDC n’ingabo z’u Burundi i Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2025
in Regional Politics
0
M23 yakubise kubi FARDC n’ingabo z’u Burundi i Masisi.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yakubise kubi FARDC n’ingabo z’u Burundi i Masisi.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi mu rugamba wa rwanye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18/01/2025 mu bice byo muri teritware ya Masisi wahaye isomo rikaze ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, rigizwe n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro b’Abazungu baturutse mu Burayi.

Amakuru avuga kuri iyi mirwano yabaye hagati ya M23 n’ingabo za Congo n’abambari bazo avuga ko yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu.

Ni imirwano yabereye mu duce twinshi duherereye muri teritware ya Masisi, aho yanasize uyu mutwe wa M23 wigaruriye agace ka Bitonga, nyuma y’imirwano ikomeye yahanganishije uriya mutwe n’ihuriro ry’ingabo za RDC ku misozi ihanamiye iyi centre ya Bitonga.

Aya makuru anavuga kandi ko uruhande rwa Leta, ahanini ku ngabo z’u Burundi zi yifasha kurwanya uyu mutwe zakubiswe bikomeye kuko zahatakarije abasirikare babo benshi babarirwa mu mirongo.

Iyi mirwano kandi yavuzwe i Muhemba na Kishonja muri grupema ya Baoba . Bikavugwa ko abarwanyi bo mu mutwe wa M23 ko bakomeje gutera intambwe berekeza i Nyabiondo bagana muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ahandi humvikanye ibiturika byinshi ni muri Bitagata ahari ibirindiro bikomeye by’ingabo z’u Burundi zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, M23 ikaba yanafashe ibyo birindiro ndetse kandi ibifatiramo n’ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda n’amasasu.

Iyi mirwano yaberega mu duce two muri teritware ya Masisi yaje ikurikira iyabaye igihe c’isaha ya saa tatu z’ijoro ryaraye rikeye, ikaba yaraberaga ku musozi wa Mambasa muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Tags: FardcImirwanoM23Masisi
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.

Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?