• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2025
in Regional Politics
0
Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.
126
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye kurahira ko atazigera aganira n’umutwe wa m23, maze avuga ko u Rwanda rufasha m23 , bityo ko rugomba gufatirwa ibihano.

Ni mu ijambo yagejeje ku nama y’igitaraganya yitabiriwe n’abahagarariye ibihugu byabo i Kinshasa, ibaye nyuma y’aho ku wa gatatu w’iki Cyumweru perezida Paul Kagame w’u Rwanda yari yahaye ikiganiro abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abasobanurira ibibera mu Burasirazuba bwo Congo, ndetse anenga yeruye perezida Félix Tshisekedi ko ari we udashaka ko ibibazo bikemuka mu gihugu cye.

Muri iki kiganiro cya perezida Félix Tshisekedi yatanze none yasaga n’uwihimura ku wabo(perezida w’u Rwanda), aho yasaga n’umurega ku bahagarariye ibihugu byabo i Kinshasa.

Yagize ati: “Congo, ntabwo isaba inkunga, ahubwo isaba ubufatanye bw’ukuri kandi buha amahirwe angana na buri wese, bushingiye ku busugire bwayo, ku butaka bwayo bwose no ku burenzira bw’ibanze. Ubwo bufasha si impuhwe ni inshingano za buri wese mu guharanira amahoro n’umutekano mpuzamahanga.”

Yavuze ko umuryango mpuzamahanga ugomba gushyira mu bikorwa ibyo uvuga, bikaba ibikorwa bifatika kandi bikumira. Ibihano ku Rwanda, ku bayobozi ba politiki na gisirikare bishoye mu byaha, n’inzira yabo y’ubukungu n’ingombwa.

Avuga ko ubushotoranyi bw’u Rwanda buhoraho, kwica ibyemejwe mu myanzuro yafashwe mu biganiro n’inkunga ifatika ruha umutwe wa m23 bisubiza inyuma iyo nzira y’ibiganiro ya Luanda.

Perezida Tshisekedi yavuze kandi ko Leta ye itazaganira n’umutwe wa m23.

Yagize ati: “Kuganira n’umutwe w’iterabwoba wa m23, ni umurongo utukura tutazigera turenga. Kutwumvisha ko ari ingombwa gukora ibiganiro n’umutwe w’iterabwoba wa m23, bisa nko kudusaba kwemeza ko ibikorwa bihonyanga amategeko yacu nibyo dufata nka kirazira, ari ibisanzwe.”

Yashimangiye iri jambo maze agira ati: “Ntituzigera twemera gupfukamira abatwotsa igitutu bo hanze, kugira ngo ntitwange dukunde twemere ibyo badusaba binyuranye ni nyungu zigihugu cyacu, zirimo ubwingenge bwacu.”

Perezida Tshisekedi yasoje avuga ko igihugu cyiwe gifite ishyaka ryo gukomeza amasezerano y’i Luanda, agamije kugarukana amahoro n’umutekano muri iki gihugu, no kumara amakimbirane hagati y’iki gihugu n’icy’u Rwanda, ibihugu byitana ba mwana ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Tags: KinshasaM23RwandaTshisekedi
Share50Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zanenye Wazalendo ariko zihishyura umwanzi wabo mu Bibogobogo.

Ingabo z'u Burundi zanenye Wazalendo ariko zihishyura umwanzi wabo mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?