• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yanyomoje ibiri gutangazwa n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ko hari ibice ryafashe.

minebwenews by minebwenews
May 25, 2024
in World News
0
M23 yanyomoje ibiri gutangazwa n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ko hari ibice ryafashe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwanyomoje ibikomeje gutangazwa n’ingabo z’u butegetsi bwa Kinshasa ko hari ibice ryambuye M23.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ibikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yashize hanze akoresheje urubuga rwa x.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka buvuga ko intsinzi yatangajwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi ko hari ibice ingabo z’igihugu za mbuye M23 ari ikinyoma cya mbaye ubusa.

Avuga ko kandi iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zitarigera zibambura habe byibuze n’agace kangana na santimetre imwe.

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko kuva intambara zubura hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa nta gace nagato iri huriro ryari ryigera rya mbura M23 hubwo uyu mutwe niwo wagiye wa mbura iri huriro kugeza magingo aya.

Mu matangazo y’ubuyobozi bw’i ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru akomeje guca ku mbuga nkoranya mbaga avuga ko M23 yambuye ibice byinshi harimo ko ayo matangazo agaragaza ko bambuwe agace ka Rubaya n’utundi duce two muri teritware ya Masisi.

Ibi nibyo umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yanyomoje hubwo agaragaza ko umutwe wa M23 wamaze kwinjira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Yanaboneyeho umwanya agaragaza ko ibice bigenzurwa na M23 ko biri mu mutekano mwiza ko kandi abaturage babayeho neza.

Ubu butumwa busoza buvuga ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje guhonyora uburenganzira bwa muntu kandi ko rigomba ku biryozwa.

               MCN.
Tags: M23yanyomoje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafashe ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo.

M23 yafashe ibice byo muri Kivu y'Amajy'epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?