• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yatangaje ikiyiraje inshinga kuri ubu.

minebwenews by minebwenews
February 2, 2025
in Regional Politics
0
Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yatangaje ikiyiraje inshinga kuri ubu.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleveuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa M23 ryatangaje ko rirajwe inshinga no kuganira n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, hagamijwe kurebera hamwe icyagarura amahoro n’umutekano birambye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahar’ejo tariki ya 01/02/2025, ni bwo AFC/M23 yabishize mu itangazo, aho umuvugizi w’iri huriro mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yarinyujije ku rukuta rwe rwa x.

Muri iryo tangazo iri huriro ryagize riti: “Twongeye gusaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi ko turajwe inshinga n’ibiganiro bitaziguye kugira ngo dukemure impamvu muzi y’intambara hagamijwe kugera ku mahoro arambye mu gihugu cyacu.”

Iri huriro muri iryo tangazo kandi ryanashimiye uburyo abaturage bo mu mujyi wa Goma baryakiranye ibyishimo, bakemera gufatanya mu bikorwa bitandukanye mu guteza imbere iki gice cyari cyarabaye isibaniro y’imitwe yitwaje intwaro harimo na FDLR yasize ikoze amahano mu Rwanda.

Ni itangazo kandi rivuga ko iri huriro rigikomeje amahame yaryo yo kurinda abaturage bose bahereye mu bice babohoye, kabone nubwo hakiri imbogamizi z’ibitero, yibutsa ubutegetsi bwa Kinshasa ko nta buryo cyangwa ubushobozi bwo kugaba ibitero kuri uwo mutwe bafite.

Iri tangazo rigira riti: “Turasaba abaturage gukomeza imirimo yabo ya buri munsi nk’uko bisanzwe batuje ndetse ntacyo bikanga . Ubutegetsi bwa Kinshasa nibuhirahira kugaba ibyo bitero buzirengera ingaruka zose bizateza.”

Kanyuka muri iryo tangazo yavuze ko AFC/M23 yiyemeje guhangana n’imbogamizi zose zirimo n’ibitero yagabweho mu buryo bwuzuye, bagahangana n’aho zituruka hatitawe ku wo ari we wese wabikora, bigakorwa ku mpamvu zo kurinda umutekano w’abaturage.

Iri huriro rya nibukije kandi abo mu ihuriro ry’Ingabo za Congo, FARDC, Polisi, FDLR na Wazalendo bakicyihishe mu bice bitandukanye, kurambika intwaro zabo hasi bakazikusanyiriza kuri stade de l’unite, bakabikorana umutima ukunze badahaswe.

Kuva umutwe wa M23 wabohoza umujyi wa Goma ibintu bikomeje gusubira mu buryo, umutekano waragarutse ndetse ku mbugankoranyambaga abagize AFC/M23 bagaragaye bafatanya n’abaturage gusukura umujyi mu bice byawo bitandukanye ku wa Gatandatu w’ejo hashize.

Tags: GomaIrajwe inshingaKinshasaM23
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yavuze ku by’urupfu rwa Col. Rugabisha waguye i Kalehe muri Kivu y’Epfo.

FARDC yavuze ku by'urupfu rwa Col. Rugabisha waguye i Kalehe muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?