• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yatangaje ikiyiraje inshinga kuri ubu.

minebwenews by minebwenews
February 2, 2025
in Regional Politics
0
Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yatangaje ikiyiraje inshinga kuri ubu.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleveuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa M23 ryatangaje ko rirajwe inshinga no kuganira n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, hagamijwe kurebera hamwe icyagarura amahoro n’umutekano birambye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahar’ejo tariki ya 01/02/2025, ni bwo AFC/M23 yabishize mu itangazo, aho umuvugizi w’iri huriro mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yarinyujije ku rukuta rwe rwa x.

Muri iryo tangazo iri huriro ryagize riti: “Twongeye gusaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi ko turajwe inshinga n’ibiganiro bitaziguye kugira ngo dukemure impamvu muzi y’intambara hagamijwe kugera ku mahoro arambye mu gihugu cyacu.”

Iri huriro muri iryo tangazo kandi ryanashimiye uburyo abaturage bo mu mujyi wa Goma baryakiranye ibyishimo, bakemera gufatanya mu bikorwa bitandukanye mu guteza imbere iki gice cyari cyarabaye isibaniro y’imitwe yitwaje intwaro harimo na FDLR yasize ikoze amahano mu Rwanda.

Ni itangazo kandi rivuga ko iri huriro rigikomeje amahame yaryo yo kurinda abaturage bose bahereye mu bice babohoye, kabone nubwo hakiri imbogamizi z’ibitero, yibutsa ubutegetsi bwa Kinshasa ko nta buryo cyangwa ubushobozi bwo kugaba ibitero kuri uwo mutwe bafite.

Iri tangazo rigira riti: “Turasaba abaturage gukomeza imirimo yabo ya buri munsi nk’uko bisanzwe batuje ndetse ntacyo bikanga . Ubutegetsi bwa Kinshasa nibuhirahira kugaba ibyo bitero buzirengera ingaruka zose bizateza.”

Kanyuka muri iryo tangazo yavuze ko AFC/M23 yiyemeje guhangana n’imbogamizi zose zirimo n’ibitero yagabweho mu buryo bwuzuye, bagahangana n’aho zituruka hatitawe ku wo ari we wese wabikora, bigakorwa ku mpamvu zo kurinda umutekano w’abaturage.

Iri huriro rya nibukije kandi abo mu ihuriro ry’Ingabo za Congo, FARDC, Polisi, FDLR na Wazalendo bakicyihishe mu bice bitandukanye, kurambika intwaro zabo hasi bakazikusanyiriza kuri stade de l’unite, bakabikorana umutima ukunze badahaswe.

Kuva umutwe wa M23 wabohoza umujyi wa Goma ibintu bikomeje gusubira mu buryo, umutekano waragarutse ndetse ku mbugankoranyambaga abagize AFC/M23 bagaragaye bafatanya n’abaturage gusukura umujyi mu bice byawo bitandukanye ku wa Gatandatu w’ejo hashize.

Tags: GomaIrajwe inshingaKinshasaM23
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yavuze ku by’urupfu rwa Col. Rugabisha waguye i Kalehe muri Kivu y’Epfo.

FARDC yavuze ku by'urupfu rwa Col. Rugabisha waguye i Kalehe muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?