• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 31, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yavugutiye umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC muri kamwe mu duce two muri Masisi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 31, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yavugutiye umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC muri kamwe mu duce two muri Masisi

You might also like

Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

Bishambuke na CNPCS mu biganiro by’imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye

Imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’ i huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu gace ka Ndete, ko muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yasize uyu mutwe ukigaruriye.

Iyi mirwano yabaye ku munsi w’ejo ku wa kane, itariki ya 30/10/2025, aho byarangiye uruhande rwa Leta ruyabangiye ingata ruhungira mu bindi bice.

Amakuru aturuka ahaberaga imirwano agaragaza ko uyu mutwe wa M23 wabohoje kariya gace nyuma yo kugaba igitero gitunguranye kuri ririya huriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta rya kagenzuraga.

Aya makuru akomeza avuga ko “usibye kuba M23 yarafashe Ndeta, iyi mirwano yo kuyifata yanasize abarwana ku ruhande rwa Leta babarirwa mu icumi bahitanwe na yo.

Ndeta ni agace gahuriramo inzira zihuza ibice byinshi, gahuza uduce nka Banyungu na Ufahamu ya 2 muri teritware ya Masisi, ni mu gihe kandi gahuza Yungu na Waloa muri teritware Walikale n’utundi duce dutandukanye two muri izo teritware.

M23 gufata aka gace biyiha amahirwe yo gukomeza ikaba yafata n’utundi duce nka Kimua, Ntoto, na Busurungi uduce dusanzwe ari ngenzi muri teritware ya Walikale.

Tags: AFC/m23Ihuriro ry'Ingabo za RDCNdetaumuti
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi

Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y'aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi Icyama cya "Ensemble pour la Republique" cya Maise Katumbi, cyagaragaje ko kidashigikiye ihuriro ry'amashyaka riheruka gushyingwa na...

Read moreDetails

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y'uko zigize ibyo zongererwa Impunzi zicyukumbikiwe mu nkambi ya Nyenkanda iherereye muri Komine ya Ruyigi, mu Burasirazuba bw'u Burundi, mu gihe...

Read moreDetails

Bishambuke na CNPCS mu biganiro by’imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Bishambuke na CNPCS mu biganiro by’imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye

Bishambuke na CNPCS mu biganiro by'imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye Imitwe ibiri y'inyeshamba ihurikiye mu cyiswe Wazalendo, iyari imaze iminsi itari mike isubiranamo mu bice bitandukanye...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n’icyo zigamije

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n’icyo zigamije

Ingabo z'u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n'icyo zigamije Amakuru aturuka muri Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro

Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yasezeranyije amahoro abaturage batuye mu bice bigenzurwa n'u mutwe...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?