• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yibukije FARDC icyo igomba gukora mu maguru mashya.

minebwenews by minebwenews
January 26, 2025
in Regional Politics
0
Ahamaze iminsi habera urugamba hari ibyahindutse hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yibukije FARDC icyo igomba gukora mu maguru mashya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa M23 wibukije ihuriro ry’ingabo za Congo ziri mu mujyi wa Goma ko amasaha 48 zahawe yo kuba zarambitse imbunda zabo hasi yegereje, kandi ko abaturage b’i Goma bagize igihe ba babaye bakeneye kubohorwa.

Bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yatangaje mu gitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 26/01/2025.

Muri ubu butumwa bwa Kanyuka yatangaje akoresheje urubuga rwe rwa x, yagize ati: “AFC/M23 iributsa abanyamuryango bose ba FARDC bari i Goma ko amasaha 48 mwahawe yo kuba mwarambitse imbunda hasi yegereje. Abaturage ba Goma bababaye cyane, bakeneye kubohorwa.”

Ku mugoroba w’ahar’ejo nibwo umutwe wa M23 wahaye ihuriro ry’Ingabo za RDC ziri mu mujyi wa Goma, amasaha 48 yo kuba zarambitse imbunda hasi, ubundi ingabo z’uyu mutwe zigahita ziwinjira zikawutangamo amahoro n’umutekano nk’uko n’ahandi zafashe zihatanga amahoro.

Mu itangazo uwo mutwe washyize hanze wagize uti: “AFC/M23 irasaba ingabo za Congo ziri i Goma no mu nkengero zaho gushyira hasi imbunda bitarenze amasaha 48. Umujyi wa Goma ntukwiye gukoreshwa nk’ikibuga cy’imirwano, bityo umuryango wacu ntabwo uzihanganira na rimwe umutwe uwo ari wo wose ushyira abaturage b’abasivile mu makimbirane.”

Hagataho, imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta yakomeje, aho muri iki gitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru iri kubera mu duce twinshi duherereye muri teritware ya Nyiragongo.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko imbunda ziremereye n’izito zirimo kumvikanira ahitwa Buhombo, Kiheru, Kasenyi hafi ya Munigi.

Ariko nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga ingabo zo ku ruhande rwa Leta riri kurwana risubira inyuma, ndetse kandi ko uyu mutwe wa M23 wo ukomeje kwigarurira utundi duce ahanini turi mu nkengero z’uyu mujyi wa Goma.

Bikavugwa ko isaha iyariyo yose uwo mutwe wa M23 ushobora kwigarurira Goma ifatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Tags: FardcM23
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.

Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y'intoki ku mujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?