• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

minebwenews by minebwenews
May 30, 2025
in Conflict & Security
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’iminsi ine y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo yasize uru ruhande rw’abarwanyi ba AFC/M23 bafashe uduce twinshi twa gurupema ya Ikobo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iyi mirwano yabaye muri iki cyumweru turimo kuva ku wa mbere kugeza aha’rejo ku wa kane tariki ya 29/05/2025, aho iyi mirwano yaberaga muri grupema ya Ikobo cyo kimwe no mu ya Kisimba.

AFC/M23 yigaruriye ibice byinshi byo muri grupema ya Ikobo, nyuma yuko igabye ibitero kuri uwo wa mbere mu birindiro by’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Ubuyobozi bw’ibanze muri iyi grupema ya Ikobo, bwatangaje ko Localite zitandatu zo muri iyi grupema ubu ziri mu biganza by’abarwanyi ba AFC/M23, ari zo Iremya, Mirungi, Kaune, Banamuronga, Kalehe ndetse na Kitanda.

Nyuma aba barwanyi bo muri uyu mutwe wa M23 bahise bashinga ibirindiro byitegeye aho umwanzi ashobora guturuka muri Irimba, Kaune, Rusamambu, Bukumbirwa, Kilombo na Busunzu.

Naho muri grupema ya Kasimba yegeranye cyane n’iyi ya Ikobo, babishinze mu gace ka Kalonge nyuma y’imirwano yabayeho ku wa gatatu no ku wa kane.

Uduce twafashwe two muri iyi grupema ya Kasimba ni aka Musambo, Kyanjikiro, Katobo, Ihula, Mbukuru, Mukohwa, Ngambi na Buhimba, twose twafashwe n’abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23.

Aba barwana ku ruhande rwa Leta bakimara gukubitwa bagahunga, amakuru agaragaza ko bahungiye mu bice bya Kashukano, Kisone na Busako.

Iyi mirwano yongeye gukara mu gihe Leta ya Congo iri mu biganiro na AFC/M23 i Doha muri Qatar, bikaba byaratangiye kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025.

Tags: BafasheImirwanoWalikale
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
M23 yagaragaje umubare wabapfiriye mu rugamba rwo gufata umujyi wa Goma.

M23 yagaragaje umubare wabapfiriye mu rugamba rwo gufata umujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?