• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

minebwenews by minebwenews
May 30, 2025
in Conflict & Security
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

You might also like

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

Nyuma y’iminsi ine y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo yasize uru ruhande rw’abarwanyi ba AFC/M23 bafashe uduce twinshi twa gurupema ya Ikobo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iyi mirwano yabaye muri iki cyumweru turimo kuva ku wa mbere kugeza aha’rejo ku wa kane tariki ya 29/05/2025, aho iyi mirwano yaberaga muri grupema ya Ikobo cyo kimwe no mu ya Kisimba.

AFC/M23 yigaruriye ibice byinshi byo muri grupema ya Ikobo, nyuma yuko igabye ibitero kuri uwo wa mbere mu birindiro by’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Ubuyobozi bw’ibanze muri iyi grupema ya Ikobo, bwatangaje ko Localite zitandatu zo muri iyi grupema ubu ziri mu biganza by’abarwanyi ba AFC/M23, ari zo Iremya, Mirungi, Kaune, Banamuronga, Kalehe ndetse na Kitanda.

Nyuma aba barwanyi bo muri uyu mutwe wa M23 bahise bashinga ibirindiro byitegeye aho umwanzi ashobora guturuka muri Irimba, Kaune, Rusamambu, Bukumbirwa, Kilombo na Busunzu.

Naho muri grupema ya Kasimba yegeranye cyane n’iyi ya Ikobo, babishinze mu gace ka Kalonge nyuma y’imirwano yabayeho ku wa gatatu no ku wa kane.

Uduce twafashwe two muri iyi grupema ya Kasimba ni aka Musambo, Kyanjikiro, Katobo, Ihula, Mbukuru, Mukohwa, Ngambi na Buhimba, twose twafashwe n’abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23.

Aba barwana ku ruhande rwa Leta bakimara gukubitwa bagahunga, amakuru agaragaza ko bahungiye mu bice bya Kashukano, Kisone na Busako.

Iyi mirwano yongeye gukara mu gihe Leta ya Congo iri mu biganiro na AFC/M23 i Doha muri Qatar, bikaba byaratangiye kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025.

Tags: BafasheImirwanoWalikale
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo Uwiyita General Hamuri Yakutumba akaba anakuriye Wazalendo muri Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko muri iki gice batagishakamo Brigadier...

Read moreDetails

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n'iby'imbunda nini, hasobunurwa n'impamvu yabyo Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 06/09/2025, i Uvira mu mujyi...

Read moreDetails

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails
Next Post
M23 yagaragaje umubare wabapfiriye mu rugamba rwo gufata umujyi wa Goma.

M23 yagaragaje umubare wabapfiriye mu rugamba rwo gufata umujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?