• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.

minebwenews by minebwenews
March 10, 2025
in Regional Politics
0
M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa wungutse imbaraga nshya yizeza gukaza urugamba rwo kubohora Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bikubiye mu nyandiko umuvugizi w’uyu mutwe wa m23, yashyize ahagaragara, aho yavuze ko umutwe wa Front Commun de la Résistance(FCR) wabiyunzeho.

Muri izo nyandiko za Lawrence Kanyuka usanzwe ari umuvugizi wa m23, yavuze ko kuba uwo mutwe wabiyunzeho byabongereye imbaraga.

Ati: “Ubu bumwe burongera imbaraga mu rugamba rwo guharanira ubwisanzure bwa RDC yigenga. Turahamagarira indi mitwe yitwaje intwaro yose, abanyapolitiki ndetse n’imiryango y’Abanye-kongo kugenza nk’uku.”

Ni mu gihe kandi ku mbugankoranyambaga hagiye hanyuzwa amashusho, agaragaza abarwanyi b’uyu mutwe wa FCR bari kwiyunga kuri m23 ku mugaragaro.

Sibyo gusa kuko n’uyu mutwe wa FCR ubwawo, watanze itangazo ugaragaza ko wiyunze kuri M23.
Iryo tangazo uyu mutwe washyize hanze wavuze ko usanzwe ukorera muri Kivu y’Amajyepfo n’i Yaruguru, kandi ko wafashe iki cyemezo ugendeye kukuba waragaye imiyoborere mibi y’ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Ndetse kandi uvuga ko imiyoborere mibi y’ubutegetsi bw’i Kinshasa yakunze kugaragara cyane ku baturage bayo bo mu Burasizuba bw’iki gihugu. Ngo kuko ubwo butegetsi bugenda bubakandamiza.

Usibye n’icyo wongeyeho ko igisirikare cy’iki gihugu cyijanditse mu bikorwa by’ubujura, kandi ko gikorana byahafi n’imitwe y’iterabwoba irimo FDLR, ADF n’indi mukwica abaturage no gukora ubujura bw’amabuye y’agaciro.

Wagaragaje ko ubujura no kwica abantu, babikorera muri Kivu y’Amajyepfo, i Yaruguru, Ituri n’ahandi, aho wagize uti: “Iyi myitwarire igayitse, ituma FARDC n’imitwe ikorana byahafi nayo, iba umwanzi w’abaturage ba Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Tags: Amaboko mashyaFCRM23
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafashe utundi duce twingenzi muri Kivu y’Amajyaruguru.

M23 yafashe utundi duce twingenzi muri Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?