• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 18, 2025
in World News
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Madagascar iraramutswa perezida mushya

You might also like

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w’igihugu cya Madagascar, nyuma y’aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w’iki gihugu Andry Rajoelina agihunze.

Ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 17/10/2025, nibwo Colonel Michael Randrianirina yashyizweho kuyobora Madagascar.

Igikorwa cyo kurahira kikaba cyarabereye imbere y’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu, maze uyu mugabo Col.Michael arahirira kuyiyobora(Madagascar).

Bikaba binazwi kandi ko ari we wayoboye ibikorwa byo kwamagana perezida Rajoelina, ni mu gihe ikambi ya gisirikare yarayoboye ari yo yagiye ifatanya n’ urubyiruko rwamaze iminsi itatu irenga mu myigaragambyo.

Iyi myigaragambyo yarangiye Rajoelina ahungiye mu Bufaransa, n’ubwo andi makuru avuga ko aho yahungiye hatazwi, ariko nubwo yahunze we ntaremera ko atakiri perezida wa Madagascar, kuko ubushize yanditse ku mbugankoranyambaga agaragaza ko ari mu ngendo mu mahanga, ariko ko akiri perezida w’iki gihugu.

Ibi yabitangaje nyuma y’uko iki gihugu cyatangaje ko cya mweguje.

Ubwo urubyiruko rwiraraga mu mihanda rusaba perezida Andry Rojoeline kubaha amazi n’amashanyarazi, yategetse abasirikare kurasa abari muri iyo myigaragambyo, abantu 22 bahasiga ubuzima, abandi benshi n’abo barakomeretswa.

Nyamara iyi myigaragambyo yaje kugira ubukana bwinshi, bituma ahitamo guhunga. Amakuru icyo gihe yavuze ko yahungishijwe n’indege y’igisirikare cy’u Bufaransa, kandi ko yabanje kumujana ahatazwi, ariko nyuma amakuru yo ku ruhande agahamya ko ari muri iki gihugu yahungiyemo.

Ndetse binavugwa ko mbere y’uko ahungishwa yagiranye ikiganiro na perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron akamusaba ubuhungiro.

Tags: MadagascarMichael RandrianirinaPerezida
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails
Next Post
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?