• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Maï-Maï na FDLR uduce FARDC yabahaye gushyingamo ibirindiro twa menyekanye.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2024
in Regional Politics
0
Urugamba FARDC yashoye ku baturage ba Banyamulenge mu Minembwe, aka kanya, menya uko byifashe.
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï-Maï na FDLR uduce FARDC yabahaye gushyingamo ibirindiro twa menyekanye.

You might also like

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Umutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda kuri ubu ukaba ufatanya na Maï-Maï Birozebishambuke ku rwanya Abanyamulenge, ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zabahaye gushyira ibirindiro byabo mu bice biri mu nkengero za Minembwe.

Ni umwanzuro FARDC yafashe nyuma y’aho igabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe, Twirwaneho ikaza kubakubita ahababaza, ubwo yirwanagaho ikirukana iz’i ngabo mu duce yari yagabyemo ibitero tw’i Lundu, Lwiko na Runundu kuri Evomi.

Ibi bitero ingabo za FARDC zabikoze ku wa gatatu no ku wa kane tariki ya 27/12/2024. Nyamara kandi n’ahar’ejo iz’i ngabo zongeye kugaba ikindi gitero kidasanzwe kuko zakigabye ziri kumwe na Maï-Maï, ingabo z’u Burundi na FDLR, bakigaba mu Kalingi , usibye ko Twirwaneho yarangije yirukana iryo huriro.

Amakuru akavuga ko ubuyobozi bwa FARDC mu Minembwe, nyuma y’aho Twirwaneho ikomeje gukumira ibitero byayo mu Banyamulenge, ni bwo yahise ihamagara Maï-Maï, FDLR n’ingabo z’u Burundi zari ahitwa mu Mikenke kugira ngo zitange umusaada. Maï-Maï na FDLR zaje ziturutse mu Lulenge muri teritware ya Fizi na Mwenga.

Ni bwo rero, FARDC yahaye Maï-Maï na FDLR gushinga ibirindiro mu nkengero za Minembwe.

Nk’uko byasobanuwe, ibirindiro bimwe by’aba barwanyi byashyinzwe ahitwa mu Bigaragara, aha akaba ari hakurya y’isoko bita iya kazirimwe, ibindi birindiro biri mu irango rya Gihuha.

Ibi birindiro biri mu irango rya Gihuha, bivugwa ko ariho bariya barwanyi bavuyemo bakagaba ibitero ahar’ejo i Nyagishasha no ku Gipimo.

Ni mu gihe n’ingabo za FARDC nazo ziri muri centre ya Minembwe, i Lundu no ku Runundu. Naho ingabo z’u Burundi zikaba ziri mu Mikenke, ari nazo zaraye zigabye igitero mu Kalingi.

Hagataho umutekano w’Abanyamulenge ukomeje kuzamba mu misozi miremire y’Imulenge cyane cyane mu Minembwe, nubwo kuri uyu wa gatandatu nta hantu havuzwe imirwano.

Tags: BikarakaraFardcFDLRMaï Maï
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yohereje ibikoresho bikaze mu nkengero za Minembwe ikoresheje indege.

FARDC yohereje ibikoresho bikaze mu nkengero za Minembwe ikoresheje indege.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?