Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2024
in World News
0
Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.

You might also like

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri iki Cyumweru cy’ejo hashize, nibwo abarwanyi ba Maï Maï bazengurutse ibice byinshi byo muri Bibogobogo, barangije basubira iyo baje bava kandi baha ya nzira n’ubundi bari baturutsemo.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko ubwo abantu bari mu makanisa bateranye mu materaniro yo ku Cyumweru mu Bibogobogo ko ari bwo Maï Maï yinutse ku Murara ikomeza igana ku Kavumu ihageze yongera kuja ahitwa kwa Tanazi, ndetse yongera kuja mu Bahenda ari naho basanze umwungeri w’Inka z’Abanyamulenge witwa Mpore, bamubwira ko bataje kunyaga Inka kwa hubwo baje mu yindi misiyo yabo yo kureba akarere ka Bibogobogo.

Nk’uko twabwiwe n’uko
iyi Maï Maï yabwiye uyu mwungeri
iti: “Ntabwo twaje kurwana cyangwa ku nyaga Inka. Turirigwa kandi turarara.”

Byanasobanuwe ko aba barwanyi ba Maï Maï bahise bajana n’uyu mwungeri w’Inka z’Abanyamulenge barara ahitwa mu Magunga, umwe mu Mihana igize akarere ka Bibogobogo. Bukeye kuri uyu wa Mbere iyi Maï Maï yongera kwerekeza ku Kavumu ahari ibirindiro by’ingabo za FARDC, ihageze ikorana ikiganiro n’izi ngabo za FARDC ariko ibyigiwe muri icyo kiganiro bikaba bitaramenyekana, nk’uko abaturage ba bibwiye MCN.

Akarere ka Bibogobogo kuri ubu karatekanye, nubwo Maï Maï yavuzwe muri aka gace.

             MCN.
Tags: BibogobogoImpamvuMaï MaïYavuze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails
Next Post
Ubwiyongere bw’amafaranga yo gutunga umuryango w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.

Ubwiyongere bw'amafaranga yo gutunga umuryango w'umukuru w'igihugu cy'u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?