• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2024
in World News
0
Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yavuze impamvu yageze mu Bibogobogo ku munsi w’ejo hashize, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri iki Cyumweru cy’ejo hashize, nibwo abarwanyi ba Maï Maï bazengurutse ibice byinshi byo muri Bibogobogo, barangije basubira iyo baje bava kandi baha ya nzira n’ubundi bari baturutsemo.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko ubwo abantu bari mu makanisa bateranye mu materaniro yo ku Cyumweru mu Bibogobogo ko ari bwo Maï Maï yinutse ku Murara ikomeza igana ku Kavumu ihageze yongera kuja ahitwa kwa Tanazi, ndetse yongera kuja mu Bahenda ari naho basanze umwungeri w’Inka z’Abanyamulenge witwa Mpore, bamubwira ko bataje kunyaga Inka kwa hubwo baje mu yindi misiyo yabo yo kureba akarere ka Bibogobogo.

Nk’uko twabwiwe n’uko
iyi Maï Maï yabwiye uyu mwungeri
iti: “Ntabwo twaje kurwana cyangwa ku nyaga Inka. Turirigwa kandi turarara.”

Byanasobanuwe ko aba barwanyi ba Maï Maï bahise bajana n’uyu mwungeri w’Inka z’Abanyamulenge barara ahitwa mu Magunga, umwe mu Mihana igize akarere ka Bibogobogo. Bukeye kuri uyu wa Mbere iyi Maï Maï yongera kwerekeza ku Kavumu ahari ibirindiro by’ingabo za FARDC, ihageze ikorana ikiganiro n’izi ngabo za FARDC ariko ibyigiwe muri icyo kiganiro bikaba bitaramenyekana, nk’uko abaturage ba bibwiye MCN.

Akarere ka Bibogobogo kuri ubu karatekanye, nubwo Maï Maï yavuzwe muri aka gace.

             MCN.
Tags: BibogobogoImpamvuMaï MaïYavuze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Ubwiyongere bw’amafaranga yo gutunga umuryango w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.

Ubwiyongere bw'amafaranga yo gutunga umuryango w'umukuru w'igihugu cy'u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?