• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubwiyongere bw’amafaranga yo gutunga umuryango w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2024
in Regional Politics
0
Ubwiyongere bw’amafaranga yo gutunga umuryango w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubwiyongere bw’amafaranga yo gutunga umuryango w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi bwashinzwe ku kigero giteye amakenga.

Ni ubwiyongere bw’amafaranga azatangwa na leta y’u Burundi uno mwaka, agahabwa urugo rwa perezida Evariste Ndayishimiye. Aya mafaranga yavuye kuri miliyoni 354 agera kuri miliyoni 720 ku mafaranga y’u Burundi.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Nk’uko ibi byatangajwe n’umudepite Agatho Rwasa, avuga ko yabajije impamvu ayo mafaranga yongerejwe kuri uru rugero ruri hejuru cyane, kandi umukuru w’iki gihugu ahora avuga ko urugo rwe ntangorane rufite ku bijyanye nibyo gufungura. Akomeza avuga ko bitangaje kubona amafaranga yongerezwa yo kubungabunga umuryango wa Evariste Ndayishimiye ngo mu gihe ahora avuga ko Abarundi babayeho mu buzima bwiza. Ariko Agatho Rwasa akemeza ko Abarundi babayeho mu buzima bubi kandi ko ntacyizere nagito bafite cyo kubuvamo.

Uyu mudepite yanerekanye impungenge kubijanye n’imisoro yiyongereye cyane cyane ngo kubintu byibanze. Rwasa ngo kurwe ruhande, akabona impamvu imisoro yazamuwe bizatuma ubuzima bw’abanyagihugu burushaho gukomeza kuzamba.

Leta y’u Burundi mu guha Agatho Rwasa igisubizo ngo yagihawe na Audace Niyonzima, minisitiri w’imari, amusubiza avuga ko, kubyerekeye ingingo yafashwe na leta yokongereza amafaranga y’u mukuru w’igihugu, ko byemejwe nyuma y’uko abashinzwe ubuzima bw’urugo rwe (intendance présidentielle) bari babisabye ko kandi babisabye bikenewe!

Ibi bibaye mu gihe ubuzima bukomeje kuzamba mu gihugu cy’u Burundi, ndetse n’ibintu by’ibanze mu masoko ibiciro byabyo bikaba biri guhenda cyane. Ni mu gihe kandi umukuru w’igihugu avuga ko Abarundi badakenye kandi ko badashonje. Ibi kandi bikaba bitangaje kubona amafaranga ahabwa umuryango wa perezida w’u Burundi, mu gihe iwe ubwe akunze gutangaza ko ubuzima mu Burundi ari bwiza kuri bose.

Hagati aho ibyo bigaragaza neza ko hari ukutumvikana hagati y’u kuri kuboneka mu masoko n’ibivugwa n’abategetsi b’iki gihugu.

                 MCN.
Tags: Agatho RwasaIfarangaKongeraLetaNdayishimiye Evaristeumuryango

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n'abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n'icyo avuga ku by'u Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC: Imirwano Ikomeye muri Masisi na Kalehe, Abaturage Batangiye Guhunga Imihana Yabo
  • RDC : Des frappes de drones signalées à Rugezi alors que les FARDC, les Wazalendo et l’armée burundaise seraient engagés dans des préparatifs militaires
  • RDC: Ibitero bya Drone mu Rugezi Mu gihe FARDC, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi Bavugwaho Imyiteguro ya Gisirikare
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?