
Amakuru yaka kanya nuko i Goma mugace kitwa Majengo, insoresore zabakongomani zatse umu Police imbunda.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 13.04.2023, saa 11:55 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko mugace ka Majengo gaherereye mumujyi wa Goma muntara ya Kivu yamajyaruguru mugihugu ca Republika ya democrasi ya Congo( RDC ), Insoresore sore zabakongomani zatse umu Police waruvuye mukazi imbunda ziranamukomeretsa.
Uwatanze ayamakuru yagize ati: “Bibaye ubu 11h30 muri Goma, manifestation yabaye yabaturage insorensore zihuye Na police uvuye mukazi bamwaka imbundaye basiga bamukomerekeje bibereye ahitwa majengo/goma.”
Uyu Police byavuzweko yaravuye mukazi ke kaminsi yose aho yaje guhura ninsoresore zariye karungu mugace ka Majengo maze baramufata bamwaka imbunda byanavuzweko bamukubitaguye ibipfunsi arakomereka umutwe mumusaya wiburyo.
Ibi akaba atarigicitsi mugihugu ca Republika ya democrasi ya Congo kuko abaturage harigihe bakozanyaho nigisirikare cangwa nigipolice kuko ukwezi kwa 2/2023, Abasivile mugace ka Uvira bakozanijeho nabasirikare haza gupfa Abasivile babiri numusirikare umwe.




