• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 27, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Leta Ya Kinshasa Yasutse Amganya Kuri President w’Ubusuwisi Igihe Yageze I Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
April 13, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

President wa Republika ya democrasi ya Congo (RDC), yabwiye President w’Ubusuwisi ko Igihugu c’Urwanda arintandaro yimibabaro Congo ifite.

Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 13.04.2023, saa 1:20 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

President w’Igihugu c’Ubusuwisi, Alain Berset yageze mugihugu ca Repubulika ya demukarasi ya Congo, yakirwa na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu ca Congo Kinshasa bwana Michel Sama Lukonde.

President Berset yajyanye muri Republika ya democrasi ya Congo (RDC) imfashanyo igihugu cye gishaka guha Abanyekongo bahunze imirwano yakomeje guca ibintu muburasirazuba bwa Congo Kinshasa ihuza ingabo z’iki gihugu n’umutwe winyeshamba wa M23.

Uyu Mukuru w’igihugu yageze i Kinshasa mu gihe President Félix Antoine Tshisekedi, yari mu ruzinduko muri Angola, ariko ibiro bye bivuga ko kuri uyu wa 13.04. 2023 barahura, baganire kuri iki kibazo.

Ibiro bya President wa Republika ya democrasi ya Congo, bivuga ko ikibazo cyo guhunga kw’aba Banyekongo u Busuwisi bugiye guha imfashanyo cyatewe n’ubushotoranyi buva muri leta ya Kigali, aho byashimangiye ibirego iyi Leta imaze igihe itanga by’uko Kigali ifasha umutwe wa M23 mu buryo bw’ibikoresho no kuyiha ingabo ziyifasha.

Kigali yo isanzwe ihakana ndetse ikanatera utwatsi ibirego bya Leta ya Kinshasa, Kigali igasobanura ko nta ho ruhurira n’abarwanyi ba M23 kuko ari Abanyekongo, kandi ko kubaho k’uyu mutwe witwaje intwaro ari ingaruka z’imiyoborere mibi yaranze iki gihugu cya Congo Kinshasa.

Umwuka mubi hagati ya Kigali na Kinshasa watangiye kuzamo agatotsi mugihe Kinshasa yatangiye gushinja Kigali gutera inkunga M23, ibyo Kigali yakomeje guhakana ikindi nuko rimwe narimwe ingabo za Republika ya democrasi ya Congo zasimbaga imipaka ihuza Ibihugu byombi hakaviramo guteza umutekano muke kubihugu byombi.

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

President Félix Antoine Tshisekedi, Yongeye Gushimangira Ko Leta Ye Itazigera Igirana I Kiganiro Numutwe Wa M23.

Comments 1

  1. Musore says:
    3 years ago

    Turabashimiye kutugezaho ayamakuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”
  • Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?