Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya bimwe mubyo Trump ashyira imbere gusumba ibindi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 7, 2024
in Regional Politics
1
Menya bimwe mubyo Trump ashyira imbere gusumba ibindi.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya bimwe mubyo Trump ashyira imbere gusumba ibindi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Donald Trump watorewe kuba perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu birebana n’ibyihariye kuri politiki ye, ahanini avuga ko azirukana abimukira; muri urwo rwego bishobora kwerekana isura ya manda ye yose y’imyaka ine agiye kuyobora.

Ubushakashtsi bwakozwe, by’umwihariko na kaminuza ya Harvard, bwerekana ko ikibazo gihangayikishije abaturage b’iki gihugu kiri ku mwanya wa mbere muri aya matora ari icyabimukira. Rero, kuva bwana Trump agitangira kwiyamamaza, ntiyahwemye kukigarukaho, burigihe, kandi agashimangira ko ari icyago cy’ishyano cyugarije Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Hari nk’aho bwana Donald Trump yigeze kuvuga ati: Barimo baratwohereza imfungwa, abicanyi, abacuruzi bibiyobyabwenge, abarwayi bo mu mutwe, abaterabwoba.
Ababi cyane kurusha abandi bari mu gihugu cyacu ubu. Baraturuka muri RDC, Yamen, Somalia, Siriya, hose kw’isi. Barimo baraza. Barimo barahindura igihugu. Bara kiroha munyanja.”

Tunarebeye hamwe mubyaranze iminsi ye yambere akimara kugera kungoma mu 2017, Trump yaciye iteka rikumira abimukira n’impunzi bakomoka mu bihugu birindwi birimo bitanu by’ibiyisilamu kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu gihe cy’amezi atatu. Yavuga ko adashaka abaterabwoba b’intagondwa kwinjira muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ibi bihugu ni Irani, Libiya, Somalia, Siriya na Yamen byiganjemo abayisilamu, na Koreya ya Ruguru na Venezuela. Tchad nayo yiganjyemo abaturage ba bayisilamu yari kurutonde, nyuma Guverinoma ya perezida Trump iza kuyikuraho kubera ko, nk’uko yabisobanuye, Tchad yameye gusangira nayo amakuru yo mu rwego rw’umutekano.

Perezida Trump avuga ko igihugu cy’abaturanyi be, cya Mexique cyabaye inzira n’icyambu “by’inzige n’abimukira.” Yiyamamaje asobanura ko azagifatira ingamba, abinyujije ku mukuru wacyo mushya, Claudia Sheibaum, watangiye imirimo ye mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka.

Yagize ati: “Guhera ku munsi wa mbere, cyangwa se vuba kare bishoboka, nzamubwira ko nibatabihagarika ibi bitero by’abicanyi n’ibiyobyabwenge kwinjira mu gihugu cyacu, nzamukubitaho ako kanya imisoro n’amahoro bingana na 25% ku bicuruzwa byose bohereza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.”

Uretse ibyo, perezida Trump avuga ko azirukana abimukira amamiliyoni n’amamiliyoni muri iyi myaka ine agiye kuyobora.

Umunsi wa mbere, bwana Donald Trump avuga ni uwo kw’itariki ya 20 y’ukwezwi kwa mbere umwaka utaha, ubwo azarahirira manda ye ya kabiri. Iya mbere yayitegetse kuva mu 2017 kugeza mu 2021. Abaye perezida wa kabiri mu mateka ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika watsinzwe amatora ari ku butegetsi. Nyuma ya manda imwe y’umusimbuye akaba yongeye aratsinda. Uwa mbere nk’uko amateka abivuga ni perezida wa 22 n’uwa 24, Grove Cleveland, kuva mu 1885 kugera mu 1889 no kuva mu 1893 kugera mu 1897.

Tags: AbimukiraAmerikaTramp
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo  muri RDC byagejejwe imbere y’abayobozi bo hejuru.

Ibibazo by'ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo muri RDC byagejejwe imbere y'abayobozi bo hejuru.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    8 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]can you buy priligy over the counter[/url] Mukilteo, WA, USA according to the manufacturer s protocol

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?