• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya bimwe mubyo Trump ashyira imbere gusumba ibindi.

minebwenews by minebwenews
November 7, 2024
in Regional Politics
1
Menya bimwe mubyo Trump ashyira imbere gusumba ibindi.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya bimwe mubyo Trump ashyira imbere gusumba ibindi.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Donald Trump watorewe kuba perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu birebana n’ibyihariye kuri politiki ye, ahanini avuga ko azirukana abimukira; muri urwo rwego bishobora kwerekana isura ya manda ye yose y’imyaka ine agiye kuyobora.

Ubushakashtsi bwakozwe, by’umwihariko na kaminuza ya Harvard, bwerekana ko ikibazo gihangayikishije abaturage b’iki gihugu kiri ku mwanya wa mbere muri aya matora ari icyabimukira. Rero, kuva bwana Trump agitangira kwiyamamaza, ntiyahwemye kukigarukaho, burigihe, kandi agashimangira ko ari icyago cy’ishyano cyugarije Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Hari nk’aho bwana Donald Trump yigeze kuvuga ati: Barimo baratwohereza imfungwa, abicanyi, abacuruzi bibiyobyabwenge, abarwayi bo mu mutwe, abaterabwoba.
Ababi cyane kurusha abandi bari mu gihugu cyacu ubu. Baraturuka muri RDC, Yamen, Somalia, Siriya, hose kw’isi. Barimo baraza. Barimo barahindura igihugu. Bara kiroha munyanja.”

Tunarebeye hamwe mubyaranze iminsi ye yambere akimara kugera kungoma mu 2017, Trump yaciye iteka rikumira abimukira n’impunzi bakomoka mu bihugu birindwi birimo bitanu by’ibiyisilamu kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu gihe cy’amezi atatu. Yavuga ko adashaka abaterabwoba b’intagondwa kwinjira muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ibi bihugu ni Irani, Libiya, Somalia, Siriya na Yamen byiganjemo abayisilamu, na Koreya ya Ruguru na Venezuela. Tchad nayo yiganjyemo abaturage ba bayisilamu yari kurutonde, nyuma Guverinoma ya perezida Trump iza kuyikuraho kubera ko, nk’uko yabisobanuye, Tchad yameye gusangira nayo amakuru yo mu rwego rw’umutekano.

Perezida Trump avuga ko igihugu cy’abaturanyi be, cya Mexique cyabaye inzira n’icyambu “by’inzige n’abimukira.” Yiyamamaje asobanura ko azagifatira ingamba, abinyujije ku mukuru wacyo mushya, Claudia Sheibaum, watangiye imirimo ye mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka.

Yagize ati: “Guhera ku munsi wa mbere, cyangwa se vuba kare bishoboka, nzamubwira ko nibatabihagarika ibi bitero by’abicanyi n’ibiyobyabwenge kwinjira mu gihugu cyacu, nzamukubitaho ako kanya imisoro n’amahoro bingana na 25% ku bicuruzwa byose bohereza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.”

Uretse ibyo, perezida Trump avuga ko azirukana abimukira amamiliyoni n’amamiliyoni muri iyi myaka ine agiye kuyobora.

Umunsi wa mbere, bwana Donald Trump avuga ni uwo kw’itariki ya 20 y’ukwezwi kwa mbere umwaka utaha, ubwo azarahirira manda ye ya kabiri. Iya mbere yayitegetse kuva mu 2017 kugeza mu 2021. Abaye perezida wa kabiri mu mateka ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika watsinzwe amatora ari ku butegetsi. Nyuma ya manda imwe y’umusimbuye akaba yongeye aratsinda. Uwa mbere nk’uko amateka abivuga ni perezida wa 22 n’uwa 24, Grove Cleveland, kuva mu 1885 kugera mu 1889 no kuva mu 1893 kugera mu 1897.

Tags: AbimukiraAmerikaTramp
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo  muri RDC byagejejwe imbere y’abayobozi bo hejuru.

Ibibazo by'ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo muri RDC byagejejwe imbere y'abayobozi bo hejuru.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    11 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]can you buy priligy over the counter[/url] Mukilteo, WA, USA according to the manufacturer s protocol

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?