• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Menya imishahara igenewe abategetsi b’u Rwanda, ndetse n’uwaperezida w’iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
August 22, 2024
in World News
0
Menya imishahara igenewe abategetsi b’u Rwanda, ndetse n’uwaperezida w’iki gihugu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya imishahara igenewe abategetsi b’u Rwanda, ndetse n’uwaperezida w’iki gihugu.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Bikubiye mu nkuru yatangajwe n’igitangaza makuru cyandikirwa i Rwanda cyitwa Radio 10, aho cyavuze ko imishara ihembwa abategetsi b’u Rwanda iteganywa n’iteka rya perezida.

Nk’uko iki gitangaza makuru cyabisobanuye kivuga ko ibyiryo tegeko biri muri N°004/01 yo ku itariki ya 16/02/2017 kandi ko iri tegeko rigena ingano y’imishahara n’ibindi biganerwa abanyapolitiki bakuru b’iki gihugu cy’u Rwanda ndetse kandi n’uburyo itangwamo.

Cyakomeje gitangaza ko ukurikije iryo tegeko uko rivuga, nibura buri kwezi Guverinoma y’u Rwanda izajya isohora miliyoni 79,4Frw z’imishahara y’abaminisitiri 22 n’abanyamabanga ba Leta icyenda barahiriye kujya muri Leta nshya, izafasha perezida Paul Kagame gushyira mu bikorwa ibyo yemereye abaturage muri manda y’imyaka itanu iri imbere.

Iri teka kandi rigena imishahara y’abayobozi bakuru, risobanura buri kimwe gihabwa abayobozi bakuru baba abatorwa n’abaturage n’abashyirwaho n’umukuru w’igihugu.

Bityo rero, ugandeye ku bayobozi batanu bakuru mu gihugu, umukuru w’igihugu, Paul Kagame agenerwa umishahara wa 6.102.756 Frw, uyashize mu madolari y’Amerika ni 4,604.77 ku kwezi, mu gihe perezida wa Sena, perezida w’umutwe w’abadepite, perezida w’urukiko rw’ikirenga na minisitiri w’intebe buri umwe ku kwezi akagenerwa angana na 4,346.156 Frw.

Uretse ibyo, umukuru w’igihugu kandi agenerwa inzu yo kubamo ifite ibyangombwa byose; imodoka 5 z’akazi zaburi gihe n’ibyangonbwa byazo byose byishyurwa na leta, amafaranga yo kwakira abashyitsi mu rwego rw’akazi yose yishyurwa na leta, uburyo bw’itumanaho rigezweho.

Ndetse kandi perezida ahabwa amafaranga akoreshwa mu rugo angana na 6.500.00 Frw buri kwezi, amazi n’amashanyarazi byishyurwa na Leta; uburinzi buhoraho haba ku kazi mu rugo ndetse n’ahandi hose.

Ibi kandi n’abayobozi barimo perezida wa Sena , perezida w’umutwe w’abadepite na minisitiri w’intebe buri wese agenerwa inzu yo kubamo ifite ibyangombwa birimo imodoka imwe y’akazi, ndetse nibikenewe mu gufasha ya modoka byishyurwa na Leta; amafaranga yo kwakira abashyitsi angana 600.000 Frw, uburyo bw’itumanaho rigezweho mu biro no mu rugo; amafaranga yo kwakira abashyitsi mu rugo angana na 600.000 Frw buri kwezi.

Naho minisitiri muri iyi leta ya Kigali yemerewe umushahara ungana na 2.534.861 Frw buri kwezi, uyu mushahara kandi ni na wo ba visi perezida wa Sena na visi perezida w’umutwe w’abadepite bahabwa.

Abanyamabanga ba leta bagenerwa buri wese umushahara wa buri kwezi ungana na 2.434.613 Frw.

Abadepite bo bagenerwa umushahara ungana na 1.774.540 Frw.

Ubwo yose uteranije ay’abayobozi batanu bakuru mu gihugu, abaminisitiri, abanyamabanga ba leta n’abadepite baheruka kurahira mu minsi ishize, iki gihugu kizajya gisohora miliyoni 235 Frw uyashize mu madolari y’Amerika angana n’ibihumbi 17,736 ariko utabariyemo ibindi bagenerwa byihariye.

        MCN.
Tags: bahembwaPerezida Paul KagameUmishahara
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Menya utundi duce twafashwe n’umutwe wa M23 ndetse naho uri kwerekeza ugira vuba na bwangu.

Menya utundi duce twafashwe n'umutwe wa M23 ndetse naho uri kwerekeza ugira vuba na bwangu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?