• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mibunda: Imirwano itaravuzwe hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
January 28, 2025
in Regional Politics
0
Mibunda: Imirwano itaravuzwe hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mibunda: Imirwano itaravuzwe hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Umutwe witwaje intwaro urwanya Leta ya Gitega wa Red-Tabara, uheruka kugaba igitero gikomeye mu birindiro by’ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC n’ibya Maï-Maï iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba biherereye i Tabunde mu Mibunda muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni mu mpera z’i cyumweru gishize ni bwo Red-Tabara yagabye kiriya gitero ikigaba ahitwa i Tabunde hazwi nko mu Mibunda muri Secteur ya Itombwe, aha hakaba hari ikambi y’igisikare cy’u Burundi na Wazalendo iyobowe na Jenerali Hamuri Yakutumba.

Nk’uko abaturiye ibyo bice babibwiye Minembwe.com, iki gitero cyaguyemo abo ku ruhande rw’u Burundi na Maï-Maï babarirwa 18 harimo n’abandi imirongo bakomeretse.

Bavuga ko abakomeretse bahise bajanwa ku bitaro bikuru bya Mikenke biherereye hafi n’umuhana munini w’Ababembe uba muri aka gace.

Ikindi kandi nuko ibyo birindiro by’ingabo z’u Burundi na Maï-Maï byari i Tabunde nyuma y’aho bigabweho igitero zikabihunga, abarwanyi b’uyu mutwe wa Red-Tabara bahise babiha inkongi y’umuriro, ubundi birashya birakongoka, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Abaturage baturiye utwo duce, byavuzwe ko amatungo yabo arimo ihene, inkoko n’intama yahise anyagwa, kandi bikavugwa ko yanyazwe n’abarwanyi ba General Hamuri Yakutumba.
Gusa nta mubare wayo wavuzwe.

Iki gitero cya Red-Tabara muri Mibunda kibaye ku nshuro igira gatanu mu gihe kitarenze igihe cy’amezi atatu gusa.

Ni mu gihe mu kwezi kwa Cumi n’abiri ku mwaka ushize wa 2024, uyu mutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wakugabyemo ibitero byikurikiranyije inshuro zitatu. Ibyo bitero nabyo wagiye ubigaba ku nyeshamba z’uyu mutwe wa Maï-Maï ubundi ukabigaba aha herereye ingabo z’u Burundi zo mu itsinda rya TAFOC zisanzwe zikorana byahafi n’i nyeshamba za Maï-Maï na FDLR ndetse na FARDC.

Ni ibitero byahitanye ubuzima bw’ingabo z’u Burundi nyinshi, harimo ko byaguyemo n’abafite amapeti ya Colonel, nk’uko uyu mutwe wa Red-Tabara wabyigabye umwaka ushize.

Mu kwezi kwa Cumi n’umwe naho, Red-Tabara yakugabyemo ibitero bikomeye. Ariko igaba ibyo bitero yamara kwirukana Maï-Maï n’ingabo z’u Burundi ikongera igasubira mu ishyamba.

Tags: Maï MaïMibundaRed-TabaraTabunde
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa icyatumye Tshisekedi yanga kwitaba inama ya EAC iyo bita idasanzwe.

Haravugwa icyatumye Tshisekedi yanga kwitaba inama ya EAC iyo bita idasanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?