• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mikenke: Hatanzwe umucyo ku wasanzwe yapfiriye mu nzu iwe.

minebwenews by minebwenews
September 19, 2024
in World News
0
Mikenke: Hatanzwe umucyo ku wasanzwe yapfiriye mu nzu iwe.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mikenke: Hatanzwe umucyo ku wasanzwe yapfiriye mu nzu iwe.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 60 y’amavuko, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 19/09/2024, yasanzwe yaguye mu rugo iwe, mu Mikenke ho muri Secteur ya Itombwe, teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Aya makuru yemejwe n’ubuyobozi bw’ibanze bwo muri ibi bice byapfiriyemo uyu mugabo, buvuga ko yishwe n’inzoga.Ubu buyobozi bwanavuze ko uyu wapfuye yari uwo mu bwoko bw’Abashi kandi ko yarasanzwe akora akazi ko gupagasa(gukora).

Nk’uko bubivuga uyu mugabo wari uzwi ku izina rya Katembela yanyoye inzoga yitwa Sapilo, ikaba izwiho ubukana bwinshi ari nabyo bya muviriyemo kubura ubuzima. Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 18/09/2024, muri ibi bice byo muri Grupema ya Basimukindji 1, Secteur ya Itombwe, teritware ya Mwenga byari byapfiriyemo abantu babiri, bigakekwa ko bishwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi. Ninyuma y’uko ku manywa y’uwo munsi basanze aho bapfiriye ku musozi.

Kimweho, muri iyi teritwari ya Mwenga habarizwa Inyeshamba nyinshi, harimo iza Maï Maï n’izi komoka i Burundi, nka FNL iyobowe na General Aloys Nzabampema, Red Tabara n’indi.

           MCN.
Tags: Ku wasanzwe yapfiriye mu nzu iweMikenkeUmucyo
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe umucyo ku iturika ry’ibikoresho by’itumanaho byishe benshi abandi barakomereka muri Libani.

Hatanzwe umucyo ku iturika ry'ibikoresho by'itumanaho byishe benshi abandi barakomereka muri Libani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?