• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 2, 2025
in Conflict & Security
0
Ubutumwa bw’Abanya-Minembwe buryoheye amatwi ku bahavuka n’inshuti zaho, gusa bitandukanye n’ibyabereye i Misisi.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa.

You might also like

Ingabo z’u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

Umwana uri mu kigero cy’imyaka umunani y’amavuko, yakinishije imbunda bari batoraguye ahantu arasa undi mwana mugenzi we, ako kanya ahita ahasiga ubuzima, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni byabaye ku mugoroba w’ajoro wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/07/2025, aho ibyo byabereye mu gace kitwa ku w’i Mishashu.

Aya makuru agira ati: “Abana babiri batoye imbunda bari kuyikinisha umwe arasa mugenzi we mw’ijosi ahita agwa aho.”

Ni amakuru kandi agaragaza ko bariya bana batoraguye iyo mbunda hafi n’amazu yabo, ariko bakaba bari bonyine.

Agace ko ku w’i Mishashu kabereyemo icyo gikorwa kibi, gaherereye mu ntera y’i birometero bibiri n’igice uvuye muri centre ya Minembwe.

Kubera intambara zikomeye zagiye zibera muri utu duce tw’i Mulenge, izo Mai Mai kubufatanye n’ingabo za Leta ya Congo zagiye zishyora ku Banyamulenge zagiye zitera impanuka nk’izi kuko no mu myaka itatu ishize hari undi mwana wishwe na grenade yari atoye ku musozi ku Ndondo ya Bijombo mu gace kitwa mu Kinyoni.

Ibyo bibaye mu gihe muri iki gice cya Minembwe hari agahenge ka mahoro, kuko ibitero uruhande rwa Leta rukunze kukigabamo, ntibyari biheruka, usibye ku wa mbere ni ho izi ngabo za RDC zagabye igitero cya drone ku ndege yari izaniye abaturage ibyokurya n’imiti.

Amashusho yagiye hanze, agaragaza iriya ndege iri gushya, kandi n’umwotsi uyivaho ugatumukira mu kirere. Ndetse kandi ayigaragaza yahindutse umuyonga.

Tags: MinembweMugenzi weYarashe
Share44Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Ingabo z'u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo. Abasirikare b'u Burundi basanzwe bakorera mu nshe z'i Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira mu ntara ya...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y'Epfo. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryagaragaje ko nubwo hari ibiri gukorwa kugira ngo...

Read moreDetails

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y'u Burundi biravuza ubuhuha. Nyuma y'aho Leta y'u Burundi ifunze Colonel Moïse Arakaza uzwi cyane ku izina rya Nyeganyega, yongeye gufunga...

Read moreDetails

AFC/M23 ya cucumiye izo kwa Tshisekedi i Walikale biracika.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
AFC/M23 ya cucumiye izo kwa Tshisekedi i Walikale biracika.

AFC/M23 ya cucumiye izo kwa Tshisekedi i Walikale biracika. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryakubitiye kubi i Walikale muri Kivu y'Amajyaruguru ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika...

Read moreDetails

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by'i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ritazasubira mu biganiro by'i...

Read moreDetails
Next Post
Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n'umu-General w'Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?