• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri Vital Kamerhe, yunze mu rya perezida Félix Tshisekedi, avuga ko RDC ikwiye gutera u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2024
in Regional Politics
0
Minisitiri Vital Kamerhe, yunze mu rya perezida Félix Tshisekedi, avuga ko RDC ikwiye gutera u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ubukungu muri RDC, Vital Kamerhe yavuze ko RDC igomba kwirwanaho igatera i gihugu cya yigabyeho igitero.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ibi bikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashizwe hanze n’umunyekongo uhagarariye itumanaho muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwana Michel Muto Muhima.

Byashizwe hanze nyuma y’uko Vital Kamerhe minisitiri w’u bukungu muri RDC yari amaze gukora ikiganiro ku mutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri icyo kiganiro Vital Kamerhe yavuze ko ashigikiye icyifuzo cya perezida Félix Tshisekedi cyo gutera u Rwanda, urwo bashinja gutera igihugu cyabo.

Kamerhe, yagize ati: “Bikwiye kwihutirwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, igomba gukoresha uburenganzira bwo kw’irwanaho. Twe merewe n’amategeko mpuzamahanga ku kwirwanaho mu kurwanya uwatugabyeho ibitero! Uwa duteye ni u Rwanda.”

Yakomeje agira ati: “Nta mishikirano kugeza M23 n’u Rwanda bivuye ku butaka bwa RDC; dushigikiye byimazeyo perezida Félix Tshisekedi, ndetse n’u muryango wo kurengera igihugu.”

Bya vuzwe ko icyo kiganiro cyabaye k’u wa Gatandatu tariki ya 17/02/2024.

Vital Kamerhe ahagarariye ishyaka rya UNC, ry’ibumbiye muri union sacre ya perezida Félix Tshisekedi, uyoboye igihugu cya RDC.

Ibi abivuze mugihe ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bushinja u Rwanda kuba inyuma y’ibisasu byatewe ku k’ibuga cy’indege cya Goma. Ni ibisasu bya vuzwe ko byarashwe kuri uyu wa Gatandatu, mu masaha y’urukerera.

Bya vu n’umuvugizi w’igisirikare cya FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume.

Yavuze ko icyo gitero cy’i ndege z’itagira abapilote ko cyagabwe ku k’ibuga cy’indege cya Goma, cyangiriza indege za gisivile, ariko ko cy’ibasiriye n’indege ya FARDC.

Hagati aho kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 18/02/2024, nta higeze havugwa imirwano mu bice byo muri za teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo. Mu gihe hari hashize iminsi irenga itanu muri ibyo bice haberamo imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Gutera u RwandaRdcVital KamerheYunze mu rya perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abasirikare ba FARDC baguye mu mirwano yo gusubiranamo kwa Wazalendo na FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abarimo abasirikare ba FARDC baguye mu mirwano yo gusubiranamo kwa Wazalendo na FARDC, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?