• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo abasirikare ba FARDC baguye mu mirwano yo gusubiranamo kwa Wazalendo na FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo abasirikare ba FARDC baguye mu mirwano yo gusubiranamo kwa Wazalendo na FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abagera muri batanu nibo bapfuye mu isubiranamwo rya Wazalendo n’abasirikare ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo(FARDC).

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

N’i bya bereye muri Quartier ya Lac Vert, ha herereye neza muri Avenue ya Lushagala, hafi n’ahari ikigo c’ishuri, mu Mujyi wa Goma. Bya baye ku gicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 18/02/2024.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga n’uko habaye uku tumvikana hagati ya Wazalendo n’ingabo za FARDC biviramo kurasana hagati yabo. Gusa, icyo batumvikanyeho, ki kaba kitaramenyekana nk’uko Minembwe Capital News yahawe ay’amakuru n’umwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Umuyobozi wa Quartier ya Lac Vert yatanze ubutumwa, avuga ko ibyo byabaye ahagana mu masaha ya saakumi n’imwe ku masaha ya Goma. Kandi avuga ko uko kurasana hagati ya Wazalendo na FARDC ko byasize bihitanye abasirikare ba tatu ba FARDC, k’uruhande rwa Wazalendo hapfa ba biri.

Mu gihe abakomeretse bo yavuze ko ari ba biri.

Ibyo bibaye mugihe havugwa kandi ko mu bice bya Kibumba naho ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko kuri ubu badacana uwaka na Wazalendo, aho bapfa ko FARDC ijyi tererana Wazalendo ku rugamba, nk’uko bya vuzwe mu ma audio yakomeje gucyicibikana ku mbuga nkoranya mbaga.

Mu mirwano yabaye ku wa Gatanu, isakiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, bya vuzwe ko urwo rugamba rwa guyemo abasirikare b’u Burundi benshi na Wazalendo, ibyo bikaba biri muri bimwe bivugwa muri ayo ma adio ko ugupfa kwabo habayemo uburangare bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, ku mugoroba wo k’uwa Gatanu, yashize inyandiko hanze avuga ko bafashe ingabo z’u Burundi ninshi abandi benshi barapfa . Kanyuka yana vuze ko muri iyo mirwano ko bafashe n’ibikoresho byinshi by’agisirikare , harimo ibya FARDC, SADC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi.

Bruce Bahanda.

Tags: Abarimo abasirikare ba FARDCBaguye mu mirwano yo gusubiranamo kwa Wazalendo na FARDCMu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umutekano wa Banyamulenge wo ngeye kuzamba mu Bibogobogo.

Umutekano wa Banyamulenge wo ngeye kuzamba mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?