• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze amagambo akakaye ku cyemezo Afrika y’Epfo yafashe cyo kuyijana mu nkiko.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Israel yamaganye Afrika y’Epfo kuba ishaka kujyana iki gihugu mu nkiko.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Israel binyuze kuri Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu, yavuze ko kuba Afrika y’Epfo irikujyana igihugu cye mu nkiko bigaragaza ko Isi “ibogamye.”

Mu munsi mike ishize leta ya Afrika y’Epfo, yareze Israel mu Rukiko rukuru Mpuzamahanga rushinzwe ubutabera mu muryango w’Abibumbye (L’ONI), iyirega ko irimo gukora Genocide mu Ntara ya Gaza mu gihugu cya Palestine.

Israel kurasa muri Gaza byari mu rwego rwo kw’i himura ku mutwe wa Hamas ufite icyumbi mu Ntara ya Gaza; bikaba bizwi ko Hamas yari heruka kugaba igitero muri Israel tariki ya 07/10/2023, kigasiga gihitanye abantu basaga 1200.

K’uwa Kane, tariki ya 11/01/2024, nibwo urukiko rukuru rw’umuryango w’Abibumbye rwa tangiye kumva ikirego Afrika y’Epfo yatanze kirega Israel, ko intambara Israel yashohoye mu Ntara ya Gaza izabyara Genocide, ikorerwa abanyapalesitine. Gusa Israel yo ihakana ibyo birego hubwo igashinja Afrika y’Epfo gushigikira Hamas iziwiho kwica abisraeli.

Mu ijambo minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yagejeje ku itangaza makuru i Tel Aviv, yagize ati: “Uburyarya bw’Afrika y’Epfo nti bugira imipaka.”

Yakomeje agira ati: “Ese Afrika y’Epfo yari hehe, ubwo imbaga y’abaturage yicwaga abandi bagakurwa mu byabo muri Syria na Yemen, bya kozwe nande? Ni abafasha ba Hamas.”

Benjamin Netanyahu, yahise ashimangira ko “azakomeza guhangana na Hamas mu rwego rwo kurengera inyungu z’igihugu ndetse ahamya ko Ingabo za Israel zirimo gukora ibishoboka byose kugira zirinde guhohotera utari mu bugizi bwanabi.”

Kuri uyu wa Kane nyine, minisitiri w’u butabera muri Afrika y’Epfo Ronald Lamola arikumwe n’u mwunganizi mu mategeko, yavuze ko leta y’Igihugu cyabo ifite ibihamya by’uko Israel ibikorwa iri gukora muri Gaza ari ubushotoranyi bumaze imyaka myinshi kuri Palestine. Bityo rero ko bagomba gufatirwa ibihano, harimo no gutegekwa guhagarika intambara mu Ntara ya Gaza.

Minisitiri Ronald Lamola, yavuze ko kuba Hamas yaragabye igitero muri Israel tariki ya 07/10/2023, kigahitana abantu 1200 kandi abagera kuri 250 bagafatwa matekwa na Hamas, atariyo mpamvu yatuma Israel ikora Genocide mu Ntara ya Gaza.

Yagize ati: “Nta mpamvu n’imwe yatuma Israel ikora Genocide mu Ntara ya Gaza.”

Yunzemo Kandi ati: “Turatekereza ko niba Urukiko rutagize icyo rukora ngo ibi bihagarare , tuzabona ibintu byinshi bikomeza kwangirika mu mutungo wa Palestine.”

Bruce Bahanda.

Tags: Afrika y'EpfoAmagambo akakayeBenjamin NetanyahuUmuryango w'AbibumbyeUrukiko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Haribazwa niba Abanyamulenge bagiye kugira amahoro nyuma y'uko Colonel André Ekembe, avuye mu Minembwe?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?