• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze amagambo akakaye ku cyemezo Afrika y’Epfo yafashe cyo kuyijana mu nkiko.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Israel yamaganye Afrika y’Epfo kuba ishaka kujyana iki gihugu mu nkiko.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Israel binyuze kuri Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu, yavuze ko kuba Afrika y’Epfo irikujyana igihugu cye mu nkiko bigaragaza ko Isi “ibogamye.”

Mu munsi mike ishize leta ya Afrika y’Epfo, yareze Israel mu Rukiko rukuru Mpuzamahanga rushinzwe ubutabera mu muryango w’Abibumbye (L’ONI), iyirega ko irimo gukora Genocide mu Ntara ya Gaza mu gihugu cya Palestine.

Israel kurasa muri Gaza byari mu rwego rwo kw’i himura ku mutwe wa Hamas ufite icyumbi mu Ntara ya Gaza; bikaba bizwi ko Hamas yari heruka kugaba igitero muri Israel tariki ya 07/10/2023, kigasiga gihitanye abantu basaga 1200.

K’uwa Kane, tariki ya 11/01/2024, nibwo urukiko rukuru rw’umuryango w’Abibumbye rwa tangiye kumva ikirego Afrika y’Epfo yatanze kirega Israel, ko intambara Israel yashohoye mu Ntara ya Gaza izabyara Genocide, ikorerwa abanyapalesitine. Gusa Israel yo ihakana ibyo birego hubwo igashinja Afrika y’Epfo gushigikira Hamas iziwiho kwica abisraeli.

Mu ijambo minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yagejeje ku itangaza makuru i Tel Aviv, yagize ati: “Uburyarya bw’Afrika y’Epfo nti bugira imipaka.”

Yakomeje agira ati: “Ese Afrika y’Epfo yari hehe, ubwo imbaga y’abaturage yicwaga abandi bagakurwa mu byabo muri Syria na Yemen, bya kozwe nande? Ni abafasha ba Hamas.”

Benjamin Netanyahu, yahise ashimangira ko “azakomeza guhangana na Hamas mu rwego rwo kurengera inyungu z’igihugu ndetse ahamya ko Ingabo za Israel zirimo gukora ibishoboka byose kugira zirinde guhohotera utari mu bugizi bwanabi.”

Kuri uyu wa Kane nyine, minisitiri w’u butabera muri Afrika y’Epfo Ronald Lamola arikumwe n’u mwunganizi mu mategeko, yavuze ko leta y’Igihugu cyabo ifite ibihamya by’uko Israel ibikorwa iri gukora muri Gaza ari ubushotoranyi bumaze imyaka myinshi kuri Palestine. Bityo rero ko bagomba gufatirwa ibihano, harimo no gutegekwa guhagarika intambara mu Ntara ya Gaza.

Minisitiri Ronald Lamola, yavuze ko kuba Hamas yaragabye igitero muri Israel tariki ya 07/10/2023, kigahitana abantu 1200 kandi abagera kuri 250 bagafatwa matekwa na Hamas, atariyo mpamvu yatuma Israel ikora Genocide mu Ntara ya Gaza.

Yagize ati: “Nta mpamvu n’imwe yatuma Israel ikora Genocide mu Ntara ya Gaza.”

Yunzemo Kandi ati: “Turatekereza ko niba Urukiko rutagize icyo rukora ngo ibi bihagarare , tuzabona ibintu byinshi bikomeza kwangirika mu mutungo wa Palestine.”

Bruce Bahanda.

Tags: Afrika y'EpfoAmagambo akakayeBenjamin NetanyahuUmuryango w'AbibumbyeUrukiko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post

Haribazwa niba Abanyamulenge bagiye kugira amahoro nyuma y'uko Colonel André Ekembe, avuye mu Minembwe?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?