Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’intebe wa Senegal, Ousmane Sonko, yavuze atarya umunwa agira ibyo ashinja ibihugu byo ku mugabane w’u Buraya, cyane cyane ya magana u Bufaransa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 18, 2024
in Regional Politics
0
Minisitiri w’intebe wa Senegal, Ousmane Sonko, yavuze atarya umunwa agira ibyo ashinja ibihugu byo ku mugabane w’u Buraya, cyane cyane ya magana u Bufaransa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’intebe wa Senegal arashinja ubutegetsi bw’u Bufaransa kuvogera ubusugire bw’igihugu cye.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni mu kiganiro minisitiri w’intebe wa Senegal, Ousmane Sonko yakoreye kuri kaminuza y’i Dacar ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Senegal. Iki kiganiro cyabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 17/05/2024.

Ibyo biganiro byari bifite insanganyamatsiko ireba ku migenderanire y’u Bufaransa n’ibihugu byo muri Afrika.

Ibi biganiro byari byitabiriwe n’abantu benshi babarirwa mu magana barimo n’abanyeshuri ndetse n’abategetsi bakomeye bo muri icyo gihugu.

Muri ibyo biganiro minisitiri w’intebe wa Senegal, Ousmane Sonko yanenze u Bufaransa n’ibihugu by’i Buraya atarya umunwa, avuga ko ibi bihugu byakoranye na Macky Sall uheruka kuva ku butegetsi.

Sonko yashinje perezida Emmanuel Macron kuba yaragize uruhare mucyo yise itotezwa Sonko n’abo bari basangiye urugamba bakorewe, yagize ati: “Nta munsi narimwe muzumva leta y’u Bufaransa yamagana ibyabaye. Perezida Macron yakiriye Macky Sall, aranamushimira ku bikorwa byiwe. Ibi byose yabikoze azi neza ko turi guhohoterwa. Mbifata nko gutera intege ihohoterwa no kubangamira Abanyagihugu ba Senegal. Za leta ninshi zo mu Bihugu by’i Burayi byagiye bigaragaza ko bishigikira ibyarimo biba.”

Yavuze ko kandi abantu bakwiye kwibaza ku Bufaransa harimo igituma u Bufaransa bugifite amakambi ya gisirikare mu bihugu bimwe bimwe byo muri Afrika, ingaruka izo nteko zizagira ku bwigenge bw’i bihugu ziba zirimo n’ibindi.”

Ousmane Sonko yanashinje kandi ibihugu by’i Burayi gukoresha ikimenyane, muri politiki yo mu karere ka Sahel cyane cyane muri Mali, Burkina Faso na Nigeri, ibihugu biheruka kubamo za kudeta.

Ati: “Abo mwumva batera utwatsi ibihugu biyobowe n’abategetsi babasirikare bafatwa nk’abayobozi bigitugu, ni nabo basubira mu bihugu bitarangwamo demokarasi, igihe cyose bakeneye inyungu zabo, kugira bagire icyo baronka. Ntabwo tuzahwema kuvugira benewacu bo muri Sahel.”

Iri jambo rya minisiteri w’intebe, Ousmane Sonko niryo ryambere rirerire, kuva agiye kuri uyu mwanya. Abarimo bari kurikirana barimo babanza bagacyishamo bagashima Imana.

Sonko kandi ibyo yavuze yagaragaje ko atabivuze mu izina rya leta ya Senegal ko ahubwo yabivuze mu izina ry’ishyaka rye. Anavuga ko yamaze imyaka itatu ahanganye n’ubutegetsi bwa Macky Sall, yavuze ko afite ishyaka ry’uko imigenderanire hagati y’igihugu cye n’ibihugu by’i Burayi, cyane cyane u Bufaransa irushaho kuba myiza.

Yashimiye Jean -Luc Mélenchon utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa avuga ko yashigikiye urugamba rwo kuva mu 2021 kugera mu 2024. Iki gihe Sonko yacyise ko ari igihe cye ahanganye n’ubutegetsi.

       MCN.
Tags: Byo mu BurayiMinisitiri w'intebe wa SenegalOusmane SonkoYazimuriye ibihugu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-25, y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, yongeye kugaragara itera n’ibisasu mu bice byo muri Masisi, bituwe n’abaturage.

Indege y'intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-25, y'ihuriro ry'Ingabo za RDC, yongeye kugaragara itera n'ibisasu mu bice byo muri Masisi, bituwe n'abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?