• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’intebe wa Senegal, Ousmane Sonko, yavuze atarya umunwa agira ibyo ashinja ibihugu byo ku mugabane w’u Buraya, cyane cyane ya magana u Bufaransa.

minebwenews by minebwenews
May 18, 2024
in Regional Politics
0
Minisitiri w’intebe wa Senegal, Ousmane Sonko, yavuze atarya umunwa agira ibyo ashinja ibihugu byo ku mugabane w’u Buraya, cyane cyane ya magana u Bufaransa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’intebe wa Senegal arashinja ubutegetsi bw’u Bufaransa kuvogera ubusugire bw’igihugu cye.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni mu kiganiro minisitiri w’intebe wa Senegal, Ousmane Sonko yakoreye kuri kaminuza y’i Dacar ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Senegal. Iki kiganiro cyabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 17/05/2024.

Ibyo biganiro byari bifite insanganyamatsiko ireba ku migenderanire y’u Bufaransa n’ibihugu byo muri Afrika.

Ibi biganiro byari byitabiriwe n’abantu benshi babarirwa mu magana barimo n’abanyeshuri ndetse n’abategetsi bakomeye bo muri icyo gihugu.

Muri ibyo biganiro minisitiri w’intebe wa Senegal, Ousmane Sonko yanenze u Bufaransa n’ibihugu by’i Buraya atarya umunwa, avuga ko ibi bihugu byakoranye na Macky Sall uheruka kuva ku butegetsi.

Sonko yashinje perezida Emmanuel Macron kuba yaragize uruhare mucyo yise itotezwa Sonko n’abo bari basangiye urugamba bakorewe, yagize ati: “Nta munsi narimwe muzumva leta y’u Bufaransa yamagana ibyabaye. Perezida Macron yakiriye Macky Sall, aranamushimira ku bikorwa byiwe. Ibi byose yabikoze azi neza ko turi guhohoterwa. Mbifata nko gutera intege ihohoterwa no kubangamira Abanyagihugu ba Senegal. Za leta ninshi zo mu Bihugu by’i Burayi byagiye bigaragaza ko bishigikira ibyarimo biba.”

Yavuze ko kandi abantu bakwiye kwibaza ku Bufaransa harimo igituma u Bufaransa bugifite amakambi ya gisirikare mu bihugu bimwe bimwe byo muri Afrika, ingaruka izo nteko zizagira ku bwigenge bw’i bihugu ziba zirimo n’ibindi.”

Ousmane Sonko yanashinje kandi ibihugu by’i Burayi gukoresha ikimenyane, muri politiki yo mu karere ka Sahel cyane cyane muri Mali, Burkina Faso na Nigeri, ibihugu biheruka kubamo za kudeta.

Ati: “Abo mwumva batera utwatsi ibihugu biyobowe n’abategetsi babasirikare bafatwa nk’abayobozi bigitugu, ni nabo basubira mu bihugu bitarangwamo demokarasi, igihe cyose bakeneye inyungu zabo, kugira bagire icyo baronka. Ntabwo tuzahwema kuvugira benewacu bo muri Sahel.”

Iri jambo rya minisiteri w’intebe, Ousmane Sonko niryo ryambere rirerire, kuva agiye kuri uyu mwanya. Abarimo bari kurikirana barimo babanza bagacyishamo bagashima Imana.

Sonko kandi ibyo yavuze yagaragaje ko atabivuze mu izina rya leta ya Senegal ko ahubwo yabivuze mu izina ry’ishyaka rye. Anavuga ko yamaze imyaka itatu ahanganye n’ubutegetsi bwa Macky Sall, yavuze ko afite ishyaka ry’uko imigenderanire hagati y’igihugu cye n’ibihugu by’i Burayi, cyane cyane u Bufaransa irushaho kuba myiza.

Yashimiye Jean -Luc Mélenchon utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa avuga ko yashigikiye urugamba rwo kuva mu 2021 kugera mu 2024. Iki gihe Sonko yacyise ko ari igihe cye ahanganye n’ubutegetsi.

       MCN.
Tags: Byo mu BurayiMinisitiri w'intebe wa SenegalOusmane SonkoYazimuriye ibihugu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-25, y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, yongeye kugaragara itera n’ibisasu mu bice byo muri Masisi, bituwe n’abaturage.

Indege y'intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-25, y'ihuriro ry'Ingabo za RDC, yongeye kugaragara itera n'ibisasu mu bice byo muri Masisi, bituwe n'abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?