• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-25, y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, yongeye kugaragara itera n’ibisasu mu bice byo muri Masisi, bituwe n’abaturage.

minebwenews by minebwenews
May 18, 2024
in World News
1
Indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-25, y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, yongeye kugaragara itera n’ibisasu mu bice byo muri Masisi, bituwe n’abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ryongeye gukoresha mu ntambara indege yo mu bwoko bwa Sukhoï-25 iyari imaze igihe idakoreshwa kubera ibibazo bya tekinike.

You might also like

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Ni ukuva mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Gatandatu, nibwo igisirikare kirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa cyo ngeye gukoresha iyi ndege y’intambara, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ay’amakuru anavuga ko iyi ndege ya Sukhoï-25, y’ihuriro ry’Ingabo za RDC zayikoresheje mu gutera ibisasu mu bice byinshi bituwemo n’abaturage benshi. Ikaba yabiteye mu duce twa Bitonga no mu nkengero zaho, haherereye muri teritware ya Masisi.

Ntabiratangazwa kubyoba byangirijwe n’ibisasu byarashwe n’iyi ndege y’intambara irimo gukoreshwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa. Gusa amakuru avuga ko iyi ndege kwiri kurasa ibisasu mu baturage.

Kongera kugaragara mu kirere kw’indege y’intambara y’ihuriro ry’Ingabo za RDC byongeye guha icyizere Abanyakongo biyumvamo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, aho bamwe bumvikanye bavuga bati: “Abaturage twakiriye neza kongera kubona Igisirikare cy’igihugu cyacu kirimo gukoresha Sukhoï yarimaze igihe idakoreshwa. Ibi biri kuduha icyizere ko M23 yaba igiye guhunga.”

Sukhoï yaherukaga kuja mu ntambara ubwo centre ya Sake yendaga gufatwa na M23 ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Kabiri uyu mwaka.

Hagati aho imirwano irakomeje mu bice bya teritware ya Masisi, ku mpande zihanganye uruhande rwa leta ya Kinshasa na M23.

Iyi mirwano yabereye mu duce twinshi harimo Gashunga yumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito kuva igihe cy’u rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu.

Ibindi bice byabereyemo imirwano ikaze ni Rwangara n’ahandi.

Harandi makuru Minembwe Capital News ikesha abaturage, avuga ko M23 ko yaba yamaze gusubiza ibi bitero byose inyuma yagabweho, n’ubwo ntacyo ubuyobozi bw’uyu mutwe burabivugaho.

              MCN.
Tags: IbisasuIhuriro ry'Ingabo za RDCSUKHOÏ-25Yongeye gutera ibisasu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC The International Criminal Court (ICC), headquartered in The Hague, Netherlands, is...

Read moreDetails

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) rufite icyicaro i La Haye mu...

Read moreDetails

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati Umwuka wa politiki mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye hagati ya Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageze mu murwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, Pyongyang,...

Read moreDetails

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja Igihugu cya Philippines cyongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye wapimwe ku gipimo cya 7.8,...

Read moreDetails
Next Post
Uruhande rugenzura agace ka Vitshumbi na Kibirizi rwa menyekanye, nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za leta rigize icyo rubivugaho.

Uruhande rugenzura agace ka Vitshumbi na Kibirizi rwa menyekanye, nyuma y'uko ihuriro ry'ingabo za leta rigize icyo rubivugaho.

Comments 1

  1. 대전출장안마 says:
    2 years ago

    It’s going to be end of mine day, however before ending I
    am reading this enormous post to increase my experience.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?