• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, yahaye igisubizo Umubiligi wababajwe ko Shampiyona y’isi y’amagare yabereye i Kigali

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 22, 2025
in Regional Politics
0
Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, yahaye igisubizo Umubiligi wababajwe ko Shampiyona y’isi y’amagare yabereye i Kigali
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, yahaye igisubizo Umubiligi wababajwe ko Shampiyona y’isi y’amagare yabereye i Kigali

You might also like

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yagaragarije Umudepite w’Umubiligi wababajwe ko Shampiyona y’isi y’amagare yabereye i Kigali mu Rwanda, amubwira ko ibyari kuba byiza ngo nuko yari guterwa ishema no kuba Ababiligi benewabo bari kuyitwaramo neza, kandi bakaba barakiriwe neza n’abagenzi babo mu Rwanda.

Nduhungurehe yamusubije nyuma y’aho uyu mudepite w’Umubiligi akoresheje urubuga rwa x agira ati: “Mbabajwe ko u Rwanda ari rwo rwakiriye iri siganwa ry’isi ry’amagare. Hakumiriwe u Burusiya kubera ibyaha byabwo, ariko u Rwanda rurambuyemo tapis rouge ni rwo ruyakiriye.” Aha yashaka kugaragaza ko u Rwanda rugomba guhabwa ibihano nk’ibyo u Burusiya bwafatiwe.

Yanashinje uburyarya abahaye u Rwanda kwakira iri rushanwa, ngo kuko iki gihugu kibangamira uburenganzira bwa muntu.

Igisubizo yagenewe na minisitiri w’ubanye n’amahanga Olivier Nduhungurehe, yamugaragarije ko ibyo yavuze bitari bikwiye, ndetse ko mbere yabyose yari akwiye kubanza kureba uburyo Ababiligi mu Rwanda bishimiye iri rushanwa, ndetse no gufana bene wabo dore ko ku munsi wa mbere Umubiligi yanegukanye umudali wa zahabu.

Ati: “Wagomhye kubanza kuramutsa Ababiligi bene wanyu bari i Kigali. Umukinnyi rurangiranwa wanyu Remeco Evenepoel yanatsinze ku nshuro ya gatatu yikurikiranwa mu cyiciro cyo gusiganwa ku giti cy’umuntu.”

Yakomeje ati: Ubundi unywe utuzi dushyushye, rwose biraza kumera neza.”

Ubutumwa bwana Nduhungurehe yatanze buherekejwe n’amashusho y’Ababiligi bafashe amabendela y’igihugu cyabo baje gufana benewabo.

Yanaboneyeho kwibutsa uriya mudepite w’Umubiligi ko iri rushanwa ryabereye i Kigali mu Rwanda ryitabiriwe n’ibihugu 108 birimo n’icyabo, aho ririmo kandi n’abakinyi barenga 769.

U Bubiligi ni igihugu cyagerageje kwegekaho u Rwanda ibyaha, ahanini ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihugu gisanzwe ari nshuti yabwo.

Ndetse bwa nagerageje gukangurira ibindi bihugu byo ku mugabane buherereyemo w’u Burayi gufatira u Rwanda ibihano, ibyanatumye guverinoma y’u Rwanda mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka buca umubano n’iki gihugu, runategeka abadipolomate babwo guhita bava mu Rwanda.

Tags: IgisubizoU Rwanda
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi Amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aremeza ko umuhuro utegerejwe cyane uzahuza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Perezida...

Read moreDetails

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails
Next Post
FARDC n’abambari bayo bakomeje bya bitero bigamije kurimbura Abanyamulenge

Imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n'Ingabo za RDC yongeye kubura ahitwa Mpety

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?