• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, yahaye igisubizo Umubiligi wababajwe ko Shampiyona y’isi y’amagare yabereye i Kigali

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 22, 2025
in Regional Politics
0
Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, yahaye igisubizo Umubiligi wababajwe ko Shampiyona y’isi y’amagare yabereye i Kigali
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, yahaye igisubizo Umubiligi wababajwe ko Shampiyona y’isi y’amagare yabereye i Kigali

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yagaragarije Umudepite w’Umubiligi wababajwe ko Shampiyona y’isi y’amagare yabereye i Kigali mu Rwanda, amubwira ko ibyari kuba byiza ngo nuko yari guterwa ishema no kuba Ababiligi benewabo bari kuyitwaramo neza, kandi bakaba barakiriwe neza n’abagenzi babo mu Rwanda.

Nduhungurehe yamusubije nyuma y’aho uyu mudepite w’Umubiligi akoresheje urubuga rwa x agira ati: “Mbabajwe ko u Rwanda ari rwo rwakiriye iri siganwa ry’isi ry’amagare. Hakumiriwe u Burusiya kubera ibyaha byabwo, ariko u Rwanda rurambuyemo tapis rouge ni rwo ruyakiriye.” Aha yashaka kugaragaza ko u Rwanda rugomba guhabwa ibihano nk’ibyo u Burusiya bwafatiwe.

Yanashinje uburyarya abahaye u Rwanda kwakira iri rushanwa, ngo kuko iki gihugu kibangamira uburenganzira bwa muntu.

Igisubizo yagenewe na minisitiri w’ubanye n’amahanga Olivier Nduhungurehe, yamugaragarije ko ibyo yavuze bitari bikwiye, ndetse ko mbere yabyose yari akwiye kubanza kureba uburyo Ababiligi mu Rwanda bishimiye iri rushanwa, ndetse no gufana bene wabo dore ko ku munsi wa mbere Umubiligi yanegukanye umudali wa zahabu.

Ati: “Wagomhye kubanza kuramutsa Ababiligi bene wanyu bari i Kigali. Umukinnyi rurangiranwa wanyu Remeco Evenepoel yanatsinze ku nshuro ya gatatu yikurikiranwa mu cyiciro cyo gusiganwa ku giti cy’umuntu.”

Yakomeje ati: Ubundi unywe utuzi dushyushye, rwose biraza kumera neza.”

Ubutumwa bwana Nduhungurehe yatanze buherekejwe n’amashusho y’Ababiligi bafashe amabendela y’igihugu cyabo baje gufana benewabo.

Yanaboneyeho kwibutsa uriya mudepite w’Umubiligi ko iri rushanwa ryabereye i Kigali mu Rwanda ryitabiriwe n’ibihugu 108 birimo n’icyabo, aho ririmo kandi n’abakinyi barenga 769.

U Bubiligi ni igihugu cyagerageje kwegekaho u Rwanda ibyaha, ahanini ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihugu gisanzwe ari nshuti yabwo.

Ndetse bwa nagerageje gukangurira ibindi bihugu byo ku mugabane buherereyemo w’u Burayi gufatira u Rwanda ibihano, ibyanatumye guverinoma y’u Rwanda mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka buca umubano n’iki gihugu, runategeka abadipolomate babwo guhita bava mu Rwanda.

Tags: IgisubizoU Rwanda
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
FARDC n’abambari bayo bakomeje bya bitero bigamije kurimbura Abanyamulenge

Imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n'Ingabo za RDC yongeye kubura ahitwa Mpety

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?