Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri wumutekano, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, Albert Labani Msambya, yahakanye amakuru avuga ko umutwe wa M23 kobari muriyintara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 5, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri muri Kivu yamajy’Epfo yagize icyo avuga ku kuba M23 yaba yarageze muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 05/07/2023, saa 3:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Minisitiri wumutekano muntara ya Kivu yamajy’Epfo, Albert Labani Msambya yahakanye amakuru agize igihe bavuga ko inyeshyamba za M23 kozaba zarageze no muri iyi ntara mugace ka Ngoma homuri teritware ya Walungu ihana imbibi n’u Rwanda.

Yabivuze mu ruzinduko yagiriye mu mujyi wa Uvira n’a Fizi mu rwego rw’imihango yo kwambika imidari Ingabo za Monusco zikomoka mu gihugu cya Pakistan.

Albert Labani yemeye ko ikibazo cy’umutekano mucye gikomeje kuba muri kariya gace k’igihugu ariko ahamagarira abaturage gutuza:

Ati: “Uko bimeze n’uko ibintu tubifite mu biganza. Niyo mpamvu nifuza gusaba abaturage bose gutuza. Kuberako abashinzwe umutekano: FARDC, abapolisi(PNC), ANR, DGM n’abandi, izi nzego zose zihari kugirango umutekano ubungabungwe muri Kivu y’Amajyepfo. Kugeza ubu, nta muntu wa M23 uri mu ntara yacu. Turasaba rero abantu bose gutuza, kwisanzura. Ariko tube maso, kuko iterabwoba rihoraho.

Yahamagariye kandi ingabo za Loni gukora ibishoboka byose kugira ngo birinde ibibazo by’abacengeza ku mupaka uhuza u Rwanda na RDC.

Ati: “Nibyo koko hari Abanyarwanda bashaka kwinjira muburyo bwose kugirango badutere hano muri Kivu y’Amajyepfo. Ariko abashinzwe umutekano barakora cyane kugira ngo babafungire.

Ibi abivuze mugihe havugwa ko haringabo za FARDC ninshi ziheruka kuva Uvira zija mubice byo mu Rurambo aho ngozaba zishaka kugaba ibitero ahitwa mu Gifuni. Nkuko amakuru abivuga nuko iz’ingabo ngozaba zamaze kugera i Gashama aho ngozanyuze Lemera ndetse ngo ziraharara aho binemezwa nabaturage ba Lemera ko iz’ingabo zaraye ahitwa ku Gatara.

Mumukuru yizewe Minembwe Capital News, imaze guhabwa nuko ubutasi mungabo za FARDC ngobaba barahawe amakuru ko umutwe wa M23 ngobageze muri Gifuni homu Rurambo aha akaba ari muri teritware ya Uvira.

Gusa kuba iz’ingabo zarazamutse abaturage bomuribyo bice bakomeje guhwihwisa ko baje gutera ariko icaba cazanye izongabo kikaba kikiribanga.

Tags: M23Minisitiri Me Albert Labani Msambyantayo iri muri Kivu yamajy'Epfoyahakanye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umunyabwenge womuri Ghana, yashimiye Perezida Paul Kagame, w'u Rwanda

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?