• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi Chapwe, ukuriye i shyaka rya Ensemble pour la République, yasabye ko Denis Kadima, yeguzwa.

minebwenews by minebwenews
January 9, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Katumbi, wahanganye na perezida Félix Tshisekedi, mu matora yo kw’itariki ya 20/12/2023, yasabye ko Denis Kadima, yeguzwa k’u mwanya wo guhagararira Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI).

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

K’uwa Gatanu, tariki ya 05/01/2024, n’ibwo Denis Kadima, yatangaje ko abakandida bagera kuri 82 amajwi y’abo yagizwe imfabusha.

Nyuma yabwo gato, tariki ya 07/01/2024, i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi, ryahise rishira icyegeranyo hanze gisaba ko Amatora munzego zose yabayemo uburiganya bityo ko agomba gusubirwamo bundi bushya.

Kuri ubuho, Moïse Katumbi, umuyobozi mukuru w’i Shyaka rya Ensemble pour La République, yasabye ko Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI), yeguzwa kuri uyu murimo.

Moïse Katumbi, ati: “Kadima Denis, niwe wagize uruhare runini kugira Amatora akorwe muburiganya. Ay’amatora yateguwe nabi nta handi kw’Isi haraba Amatora nkayo Kadima yateguye.”

Yakomeje agira ati: “Amahanga dukomeje kuyereka Amatora ateye isoni yabaye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nta kindi gisubizo dutegereje usibye ko Amatora yasubirwamo naho Kadima Denis, akinjira uburoko yabanjye kweguzwa.”

Ibi bibaye kandi mugihe umucyamanza mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwana Firmin Mvonde, ahamagariwe gukurikirana abakandida 82 amajwi y’abo yasheshwe bazira ko bagize uruhare mugukora uburiganya mu matora aheruka.

Abakandida 82 k’u mwanya wa badepite, ibyabo byabaye imfabusha mugihe Denis Kadima, yabashinjye ko bakoresheje ruswa n’ubujura kugira batsinde Amatora.

Bruce Bahanda.

Tags: Denis KadimaMoïse Katumbi Chapwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Wazalendu, biyemeje gufasha perezida Félix Tshisekedi, ku rwanya M23, bakozanijeho bikaze na FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?