Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi Chapwe, ukuriye i shyaka rya Ensemble pour la République, yasabye ko Denis Kadima, yeguzwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 9, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Katumbi, wahanganye na perezida Félix Tshisekedi, mu matora yo kw’itariki ya 20/12/2023, yasabye ko Denis Kadima, yeguzwa k’u mwanya wo guhagararira Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI).

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

K’uwa Gatanu, tariki ya 05/01/2024, n’ibwo Denis Kadima, yatangaje ko abakandida bagera kuri 82 amajwi y’abo yagizwe imfabusha.

Nyuma yabwo gato, tariki ya 07/01/2024, i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi, ryahise rishira icyegeranyo hanze gisaba ko Amatora munzego zose yabayemo uburiganya bityo ko agomba gusubirwamo bundi bushya.

Kuri ubuho, Moïse Katumbi, umuyobozi mukuru w’i Shyaka rya Ensemble pour La République, yasabye ko Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI), yeguzwa kuri uyu murimo.

Moïse Katumbi, ati: “Kadima Denis, niwe wagize uruhare runini kugira Amatora akorwe muburiganya. Ay’amatora yateguwe nabi nta handi kw’Isi haraba Amatora nkayo Kadima yateguye.”

Yakomeje agira ati: “Amahanga dukomeje kuyereka Amatora ateye isoni yabaye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nta kindi gisubizo dutegereje usibye ko Amatora yasubirwamo naho Kadima Denis, akinjira uburoko yabanjye kweguzwa.”

Ibi bibaye kandi mugihe umucyamanza mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwana Firmin Mvonde, ahamagariwe gukurikirana abakandida 82 amajwi y’abo yasheshwe bazira ko bagize uruhare mugukora uburiganya mu matora aheruka.

Abakandida 82 k’u mwanya wa badepite, ibyabo byabaye imfabusha mugihe Denis Kadima, yabashinjye ko bakoresheje ruswa n’ubujura kugira batsinde Amatora.

Bruce Bahanda.

Tags: Denis KadimaMoïse Katumbi Chapwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Wazalendu, biyemeje gufasha perezida Félix Tshisekedi, ku rwanya M23, bakozanijeho bikaze na FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?