Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi, yagereranije i shyaka rya UDPS riri kubutegetsi kimwe na MPR ya Mobutu Sese Seko.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 15, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Katumbi Chapwe, uri mu bakandida batemera ibya vuye mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yagereranije i shyaka riri ku butegetsi i Kinshasa, k’u murwa mukuru w’igihugu ca RDC, na MPR ya Mobutu Sese Seko.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Kugeze ubu Moïse Katumbi Chapwe, ntiyemera ibiheruka gutangazwa na Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora (CENI), ibi abifatikanije n’abandi barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege n’abandi benshi.

Aha nini bavugako CENI yakoresheje uburiganya mu gutegura amatora, kuva muntangiriro zayo no kugeza ubwo yatangajwe.

Muriki Gitondo co kuri uyu wa Mbere, itariki ya 15/01/2024, Moïse Katumbi Chapwe, akoresheje urubuga rwe rwa X, yavuze atarya umunwa, ati: “UDPS, imikorere yayo ntaho itandukaniye niya MPR ya Mobutu. Bigana aba byeyi babo mu gukoresha uburiganya , imiyoborere mibi , gutera ubwoba, ubwicanyi n’ibindi.”

Katumbi, yakomeje avuga ati: “Mwabonye ko bashizeho Inteko Nshinga mategeko, igizwe n’a badepite 430 bo mw’Ishaka rimwe(UDPS), ibi nibyo MPR yakoraga. Nta kizabuza abaturage guhaguruka bagakuraho ubutegetsi bw’igitugu bwa Udps, bakurikije ingingo ya 64.”

Uy’u munyapolitike wigezeho kuba Guverineri w’i Ntara yahoze ari Katanga, yari aheruka gutangaza kandi ko ubutegetsi buvusha amaraso y’inzira karengane buzarimbuka.

Yagize ati: “Igisubizo cyanjye kubafite ibiganza by’uzuye amaraso y’inzira karengane buzarimbuka. Hari abafashe imbunda ngo barwanye igihugu bafite n’imifuka yabo yuzuye ifaranga bibye igihugu bakibwira ko kuririmba indirimbo y’igihugu ariko gukorera i Gihugu ariko sibyo. Abo nindyarya ni mpyisi ariko biyerekana muruhu rw’intama.”

Bruce Bahanda.

Tags: Moïse KatumbiMPR ya Mobutu Sese SekoUDPSYagereranije
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Muri RDC hakomeje kuvugwa uruntu runtu, ni nyuma y'uko CENI itangaje ibya vuye mu matora yo kw'itariki 20/12/2023.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?