• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC hakomeje kuvugwa uruntu runtu, ni nyuma y’uko CENI itangaje ibya vuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa mu Burasirazuba bw’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo no muri Congo yose muri rusange.

Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora (CENI), nyuma y’uko itangaje ibya vuyemo, abo mu bwoko bw’Ababutu bigometse ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ni mu gihe mu badepite hatigeze hatsinda nu mwe ndetse no mu bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

READ ALSO

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

Bya navuzwe ko ibi byatumye insoresore z’Abahutu n’abandi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, berekeza mu mutwe wa M23 ari benshi, kugira barwanye ubutegetsi bwa Tshisekedi.

Nk’uko bikomeje kuvugwa n’uko muri Rutsuru abo mu bwoko bwa Banande batsinze Amatora kuru gero rwo hejuru. N’ubwo Abanande aribo batsinze ariko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri Rutsuru barenga miliyoni zitandatu, bityo rero kuba ba buze umudepite n’umwe, bya baye imbarutso yo kurwanya Tshisekedi n’agatsiko ke.

Abanande, kuba batsinze, bikekwa ko bya ba biva ku kuba ari abantu bagira amacyakubiri kandi ko banze ubutegetsi bw’uwahoze ari perezida Joseph Kabila.

Ibyo bya garagaye ubwo Joseph Kabila yari amaze kuva ku ngoma abanande batwitse amazu ye i Beni n’ahandi.

Andi makuru n’uko i Masisi, mugace ka Kobokobo, hazindutse humvikana urufaya rwa masasu menshi. Gusa uduce tumazemo iminsi tuberamo imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ni mu nkengero za Sake, Mulemule na Matanda.

Amakuru y’ukuri n’uko Drone na Sukhoï-25, FARDC yifashisha mukurasa mu birindiro bya M23 kuri ubu ntizikoreshwa ni nyuma y’uko M23 ihanuye drone ya Fardc yo mu bwoko bwa Ch-4, iyo bahanuriye mu bice byo muri Kibumba, teritware ya Nyiragongo.

Andi makuru avuga ko SADC zamaze gukambika i Sake, Mubambiro ndetse n’umuhanda uja Minova.

Ibya SADC, birimo agasaku ni mugihe hagize igihe havugwa ko SADC itavuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC, aho ndetse
Urugemero rwa Inga, leta ya Kinshasa yamaze kuburira igihugu cya Afrika y’Epfo ko SADC nira muka idafashije FARDC kurwanya M23 itazongera kubaha umuriro bahora barahura kuri urwo rugemero rwa Inga.

Ibi bya tumye Afrika y’Epfo ivana abasirikare bayo bari muri MONUSCO, bo mw’itsinda rya Intervation rapide bari Lubero, ibohereza kurwanya M23.

Ariko hakaba hari hasanzwe havugwa ko SADC idashaka ko FARDC izayobora operasiyo yo kurwanya M23 hubwo ko SADC ar’iyo izayobora ibyo ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC yanze kuva rugikubita.

Bruce Bahanda.

Tags: AmatoraHaravugwa uruntu runtuNyuma y'uko CENI itangajeRdc

Related Posts

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
Regional Politics

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

August 26, 2026
Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza
Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

August 25, 2026
INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA
Regional Politics

INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA

August 25, 2026
Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Next Post

Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa RDC na Bintu Keita, batangaje ibishya kuri MONUSCO.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?