• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

MONUSCO, haribazwa icyo yaba imaze muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 5, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba MONUSCO bakomerekeye mu mirwano, M23 kandi yafashe utundi duce turi mu mwinjiro wa Goma.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

MONUSCO, haribazwa icyo yaba imaze muri RDC.

You might also like

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zizwi nka MONUSCO zimaze imyaka 26 mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Abanye-kongo, bo by’umwihariko baribaza icyo zimaze.

Mu 1999 niwo mwaka ingabo za LONI zageze muri RDC, zitwa MONUC.

Bigeze mu 2010 zihindura izina rya MONUC zitwa MONUSCO. Iz’i ngabo zikaba zifite abakozi 24,983, abasirikare n’abapolisi mpuzamahanga 20,586, abasivile b’Abanye-kongo 2,783, n’abakorera bushake ba ONU ni ukuvuga mpuzamahanga 641.

Kugeza mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka ushize, MONUSCO yari igifite abakozi 13,971. Abenshi ni abasirikare mpuzamahanga ni 10,183.

Iz’i ngabo zifite ingengo y’imari ya buri mwaka irenga amadolari miliyoni imwe na miliyoni 123. Muri make byibura amadolari miliyari imwe ni yo ONU ikoresha mu butumwa bwayo bw’amahoro muri RDC.

Muri iyi myaka 26 ingabo za ONU zimaze muri RDC, zakoresheje rero amadolari arenga miliyari 26. Zapfushije abantu 445, abasirikare, abapolisi, n’abasivili bose hamwe, nk’uko biri mu byegeranyo by’izi ngabo.

Hagataho, Abanye-kongo bari baza niba iz’i ngabo zidakwiye gutaha. Uwitwa Prof Kizito Sabala, yigisha ibya dipolomasi n’umubano mpuzamahanga muri kaminuza y’i Nairobi, aheruka guha itangaza makuru ikiganiro kubyerekeye ingabo za MONUSCO muri RDC, agira ati: “Ndibwira ko abantu bagiye gusaba ko MONUSCO ikwiye gutaha bazagenda biyongera. Buri wese azageraho yumva ko yarengeje igihe, ko ikwiye kuva ku butaka bwa RDC.”

Naho Philippe Undji, ni umwe mubagize inteko ishinga mategeko y’intara ya Kivu y’Amajy’epfo, akaba ari umuyoboke w’ishyaka AFDC(Alliance des Forces Democratiques du Congo, rimwe mu yagize ihuriro ry’imitwe ya politiki rifatanyije ubutegetsi na perezida Félix Tshisekedi.

Yagize ati: “Sinshidikanya ko ingabo z’amahoro za ONU zagize uruhare mu bikorwa by’umutekano w’abasivili. Ariko ntibihagije. Dutegereje kureba icyo ONU izakora. Ni cyo kizatwereka niba bakunda Afrika na Repubulika ya demokarasi ya Congo. Turakurikira ibyabo.!”

Leta y’iki gihugu cya RDC nayo mu myaka ibiri ishize yariyasabye ko MONUSCO itaha. Manda ya nyuma ONU yayihaye ni itariki ya 20/12/2025. Ariko umuyobozi mukuru wungirije wa MONUSCO, yavuze ko igikenewe , ibyo akaba yarabivugiye mu nteko ishinga amategeko ya ONU ishinzwe umutekano ku Isi.

Ati: “MONUSCO iracyahura n’ingorane zikomeye. Nyamara iracyafite uruhare runini mu ntambara zo mu Burasirazuba bwa RDC, cyane cyane mukurengera abatagira kivugira.”

Kurundi ruhande, Abanye-kongo basanga kuba kwa MONUSCO muri RDC bitaratumye intambara zihagarara, kuko hubwo zigenda zirushaho kwiyongera. Ndetse kandi abasivile baricwa umunsi ku wundi ahanini bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, bazira ubwoko bwabo. MONUSCO ntacyo ibihinduraho.

Tags: MonucMonuscoRdc
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington Ku wa Kane tariki ya 04/12/2025, i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka Mu muhango w’amateka wabereye i Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald...

Read moreDetails

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails
Next Post
Afrika y’Epfo impaka zikomeye ku ngabo zayo zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC.

Afrika y'Epfo impaka zikomeye ku ngabo zayo zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?