• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

minebwenews by minebwenews
July 22, 2024
in Regional Politics
0
Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni bikubiye mu butumwa bwa hawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko mu Minembwe no mu nkengero zayo, kuri ubu hari amahoro, nyuma y’uko abanzi bahoraga babagabaho ibitero bigamije ku barimbura no gusenya aka karere, basubiranyemo.

Ubu butumwa busobanura ko abahoraga bakorera ku mugozi w’inyabune mu gusenya Abanyamulenge no kubica babagabyeho ibitero muri ibi bice bya komine Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo, ntibakivuga rumwe, kuko bari mu bihe byo kurwana bonyine kwa bonyine.

Ni mu gihe Red Tabara yamaze kwitandukanya na Maï Maï y’Ababembe n’Abapfulero, nyuma Ababembe nabo baza gusubiranamo n’Abapfulero.

Byabaye mu mirwano iheruka mu kwezi gushize, aho Maï Maï iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba yasubinyemo na Bishambuke, kandi mbere y’uko Bishambuke ya Ngomanzito isubiranamo na Maï Maï ya Yakutumba, hari habanje isubiranamo rya Maï Maï ikiri hamwe, isubiranyemo na Red Tabara, umutwe urwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

Uku gusubiranamo kw’iyi mitwe yahoraga ikorera hamwe mu kurwanya no kwica ubwoko bw’Abanyamulenge byatumye Abanyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zaho bagira amahoro n’umutekano mwiza. Ndetse kandi ngo bituma baragira Inka zabo zasigaye zitanyazwe n’iriya mitwe, bazira gira mu mutuzo.

Mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, bugira buti: “Hano mu Minembwe turaho, nta kibazo, kandi umutekano ni wose. Ingabo za FARDC ziraha nta kajagari zirazana mu baturage.”

Ubutumwa bushimangira bugira buti: “Abanzi bahoraga ari inyabune, nti bagiteye impungenge kuko basubiranyemo, hubwo barenda ku marana. Bihesheje abanyaminembwe amahoro.”

Gusa, ubu butumwa bukomeza buvuga ko ahateye impungenge ko ari mu bice byo Mucyohagati, ni mu gihe Inka zari ahitwa mu Marunde, zahungishirijwe mu bice bigana umwinjiro wa Bijabo, aho ni za Kamombo, Mikarati n’ahandi.

Ariko n’ubwo bahungishije iz’inka, ubu butumwa buvuga ko byabaye mu buryo bwo kwirindira umutekano w’inka zabo, ariko nta kintu kigaragara bikanze.

Hagati aho, ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, inyinshi ziherereye muri ibi bice byo mu Cyohagati, izindi ziri mu bice byo muri Minembwe ndetse na Kalingi, hagati ya Mikenke n’i Lundu.

             MCN.
Tags: Bakubiswe niyo bataziMorale ni yoseMu MinembweNyuma y'uko abanzi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Ibintu byahinduye isura, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwatangiye ibiganiro n’umutwe wa M23.

Ibintu byahinduye isura, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwatangiye ibiganiro n'umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?