• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

minebwenews by minebwenews
July 22, 2024
in Regional Politics
0
Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni bikubiye mu butumwa bwa hawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko mu Minembwe no mu nkengero zayo, kuri ubu hari amahoro, nyuma y’uko abanzi bahoraga babagabaho ibitero bigamije ku barimbura no gusenya aka karere, basubiranyemo.

Ubu butumwa busobanura ko abahoraga bakorera ku mugozi w’inyabune mu gusenya Abanyamulenge no kubica babagabyeho ibitero muri ibi bice bya komine Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo, ntibakivuga rumwe, kuko bari mu bihe byo kurwana bonyine kwa bonyine.

Ni mu gihe Red Tabara yamaze kwitandukanya na Maï Maï y’Ababembe n’Abapfulero, nyuma Ababembe nabo baza gusubiranamo n’Abapfulero.

Byabaye mu mirwano iheruka mu kwezi gushize, aho Maï Maï iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba yasubinyemo na Bishambuke, kandi mbere y’uko Bishambuke ya Ngomanzito isubiranamo na Maï Maï ya Yakutumba, hari habanje isubiranamo rya Maï Maï ikiri hamwe, isubiranyemo na Red Tabara, umutwe urwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

Uku gusubiranamo kw’iyi mitwe yahoraga ikorera hamwe mu kurwanya no kwica ubwoko bw’Abanyamulenge byatumye Abanyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zaho bagira amahoro n’umutekano mwiza. Ndetse kandi ngo bituma baragira Inka zabo zasigaye zitanyazwe n’iriya mitwe, bazira gira mu mutuzo.

Mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, bugira buti: “Hano mu Minembwe turaho, nta kibazo, kandi umutekano ni wose. Ingabo za FARDC ziraha nta kajagari zirazana mu baturage.”

Ubutumwa bushimangira bugira buti: “Abanzi bahoraga ari inyabune, nti bagiteye impungenge kuko basubiranyemo, hubwo barenda ku marana. Bihesheje abanyaminembwe amahoro.”

Gusa, ubu butumwa bukomeza buvuga ko ahateye impungenge ko ari mu bice byo Mucyohagati, ni mu gihe Inka zari ahitwa mu Marunde, zahungishirijwe mu bice bigana umwinjiro wa Bijabo, aho ni za Kamombo, Mikarati n’ahandi.

Ariko n’ubwo bahungishije iz’inka, ubu butumwa buvuga ko byabaye mu buryo bwo kwirindira umutekano w’inka zabo, ariko nta kintu kigaragara bikanze.

Hagati aho, ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, inyinshi ziherereye muri ibi bice byo mu Cyohagati, izindi ziri mu bice byo muri Minembwe ndetse na Kalingi, hagati ya Mikenke n’i Lundu.

             MCN.
Tags: Bakubiswe niyo bataziMorale ni yoseMu MinembweNyuma y'uko abanzi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Ibintu byahinduye isura, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwatangiye ibiganiro n’umutwe wa M23.

Ibintu byahinduye isura, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwatangiye ibiganiro n'umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?