• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

minebwenews by minebwenews
July 22, 2024
in Regional Politics
0
Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Morale ni yose ku banyaminembwe, nyuma y’uko abanzi babo bakubiswe niyo batazi.

Ni bikubiye mu butumwa bwa hawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko mu Minembwe no mu nkengero zayo, kuri ubu hari amahoro, nyuma y’uko abanzi bahoraga babagabaho ibitero bigamije ku barimbura no gusenya aka karere, basubiranyemo.

READ ALSO

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

Ubu butumwa busobanura ko abahoraga bakorera ku mugozi w’inyabune mu gusenya Abanyamulenge no kubica babagabyeho ibitero muri ibi bice bya komine Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo, ntibakivuga rumwe, kuko bari mu bihe byo kurwana bonyine kwa bonyine.

Ni mu gihe Red Tabara yamaze kwitandukanya na Maï Maï y’Ababembe n’Abapfulero, nyuma Ababembe nabo baza gusubiranamo n’Abapfulero.

Byabaye mu mirwano iheruka mu kwezi gushize, aho Maï Maï iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba yasubinyemo na Bishambuke, kandi mbere y’uko Bishambuke ya Ngomanzito isubiranamo na Maï Maï ya Yakutumba, hari habanje isubiranamo rya Maï Maï ikiri hamwe, isubiranyemo na Red Tabara, umutwe urwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

Uku gusubiranamo kw’iyi mitwe yahoraga ikorera hamwe mu kurwanya no kwica ubwoko bw’Abanyamulenge byatumye Abanyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zaho bagira amahoro n’umutekano mwiza. Ndetse kandi ngo bituma baragira Inka zabo zasigaye zitanyazwe n’iriya mitwe, bazira gira mu mutuzo.

Mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, bugira buti: “Hano mu Minembwe turaho, nta kibazo, kandi umutekano ni wose. Ingabo za FARDC ziraha nta kajagari zirazana mu baturage.”

Ubutumwa bushimangira bugira buti: “Abanzi bahoraga ari inyabune, nti bagiteye impungenge kuko basubiranyemo, hubwo barenda ku marana. Bihesheje abanyaminembwe amahoro.”

Gusa, ubu butumwa bukomeza buvuga ko ahateye impungenge ko ari mu bice byo Mucyohagati, ni mu gihe Inka zari ahitwa mu Marunde, zahungishirijwe mu bice bigana umwinjiro wa Bijabo, aho ni za Kamombo, Mikarati n’ahandi.

Ariko n’ubwo bahungishije iz’inka, ubu butumwa buvuga ko byabaye mu buryo bwo kwirindira umutekano w’inka zabo, ariko nta kintu kigaragara bikanze.

Hagati aho, ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, inyinshi ziherereye muri ibi bice byo mu Cyohagati, izindi ziri mu bice byo muri Minembwe ndetse na Kalingi, hagati ya Mikenke n’i Lundu.

             MCN.
Tags: Bakubiswe niyo bataziMorale ni yoseMu MinembweNyuma y'uko abanzi

Related Posts

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Next Post
Ibintu byahinduye isura, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwatangiye ibiganiro n’umutwe wa M23.

Ibintu byahinduye isura, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwatangiye ibiganiro n'umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Kinshasa: Imyigaragambyo yatangiye, imbaga y’abantu yuzuye imihanda yerekeza ku Nteko Ishinga Amategeko
  • Kinshasa mu Rujijo: Itangazo ryo Gufunga Amashuri Ryateje Impaka, Minisiteri y’Uburezi Iraryamagana
  • Kinshasa: Iduka ry’Ibikoresho by’Ubucuruzi Ryahindutse Umuyonga muri Camp PM
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?