• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mpurayaha y’amakuru, avuga ku nyeshamba z’Abarundi, zahungiye kuri Nyabibuye, zihunze ibitero bya Maï Maï.

minebwenews by minebwenews
June 10, 2024
in World News
0
Mpurayaha y’amakuru, avuga ku nyeshamba z’Abarundi, zahungiye kuri Nyabibuye, zihunze ibitero bya Maï Maï.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inyeshamba z’Abarundi zo mu mutwe wa Red Tabara, zirwanya ubutegetsi bwa Gitege, zahunze zigana kuri Nyabibuye hi Rukombe mu karere ka Mibunda, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu mirwano imaze iminsi itatu ihanganishije aba barwanyi ba Red Tabara na Maï Maï iyobowe n’uwiyita General Hamuri Yakutumba wo mu bwoko bw’Ababembe.

Iyi mirwano yatangiye mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, tariki ya 08/06/2024, aho Yakutumba n’abarwanyi ayoboye, bagabye igitero gikaze mu birindiro bya Red Tabara, biherereye ahitwa mu Kabanju, mu majyepfo ashira uburengerazuba bwa Komine ya Minembwe.

Nyuma Red Tabara yaje guhunga igana i Musika, maze mu gitondo cyo ku Cyumweru, aba barwanyi bazindukira ku bitero bikomeye by’aba barwanyi ba William Yakutumba.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News dukesha abaturage baturiye ibyo bice avuga ko imirwano yabaye ku Cyumweru hagati y’izi mpande zombi zihanganye ko yabereye neza ku dusozi two Mw’ibumba, duherereye mu ntera y’ibirometre bike no mu Bikuba, kw’i centre ya Nyabibuye, y’itoreo rya 8ème CEPAC.

Ay’amakuru akomeza avuga ko abarwanyi ba Red Tabara ko baje gukizwa n’amaguru bahungira mu irango rya Nyabibuye, ndetse abandi bahungira mu ishyamba rya Bukafu, riri mu misozi ya Rukombe, ariho kuri Nyabibuye, aha hoze hatuye Abanyabyinshi benshi.

Tubibutsa ko abarwanyi ba Red Tabara bashigikiwe n’igice ki nini cya Maï Maï Bishambuke yo kwa Ngomanzito mu gihe ikindi gice nacyo, kiri kumwe na Maï Maï iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba.

            MCN.....
Tags: ImirwanoNyabibuyeRed tabaraYakutumba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamakurukazi wakoreraga ikinyamakuru cya Lesoir kiri mu biherutse guharabika leta y’u Rwanda na Paul Kagame, yagisezeye avuga n’impamvu.

Umunyamakurukazi wakoreraga ikinyamakuru cya Lesoir kiri mu biherutse guharabika leta y'u Rwanda na Paul Kagame, yagisezeye avuga n'impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?