• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mpuruyaha ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 17, 2025
in Conflict & Security
0
Mpuruyaha  ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mpuruyaha ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi

You might also like

RDC: Perezida Félix Tshisekedi Yasabye Ubumwe bw’Igihugu mu Maso y’Isi

Choléra Yibasiye Abanye-Congo Bahungiye mu Burundi, Abatari bake Bamaze Gupfa

Makobola mu Muriro w’Intambara Ikaze Mbere ya Noheli

Amakuru ava mu bice bigenzurwa n’ihuriro ry’Ingaboo za Congo byo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko Wazalendo banze ko muri ibyo bice hakorera abasirikare ba Leta y’i Kinshasa, bahaje baturutse i Kalemi, babashinja guhunga umutwe wa MRDP-Twirwaneho mbere y’uko berekeza i Kalemi mu ntara ya Tanganyika.

Aya makuru agaragaza ko icyo gikorwa cyo kwanga abasirikare ba FARDC muri Fizi, abahageze bavuye i Kalemi, cyabaye ku munsi w’ejo tariki ya 16/09/2025.

Bivugwa ko aba basirikare mu kugera muri ibi bice by’i Fizi baturutse i Kalemi mu ntara ya Tanganyika, bakoresheje bato yitwa Zongwe; bageze rero ahitwa kwa Mboko muri grupema ya Babungwe Nord, secteur ya Tanganyika, bakirwa na Wazalendo banakorana ikiganiro.

Bikomeza bivugwa ko muri icyo kiganiro ni bwo aba basirikare babasobanuriye ko bagarutse mu bice bahozemo mbere y’uko berekeza i Kalemi bahunga imirwano yabahuzaga na Twirwaneho mu bice bya Rugezi no mu Cyohagati muri teritware ya Fizi na Mwenga.

Nyuma ni bwo Wazalendo bahise bategeka aba basirikare guhita basubira iyo baje baturuka vuba na bwangu, maze na bo berekeza iya Manga muri grupema ya Ubwari kugira bafate bato ibasubizayo.

Ubwo bafataga bato ibanyuza mu kiyaga cya Tanganyika mbere yuko bongera kwisanga i Kalemi, ihita ikora impanuka rugikubita.

Aho gukomeza urugendo, amakuru amwe avuga bakambitse muri aka gace ka Manga, ariko andi nanone akavuga ko babonye indi bato ibatwara, ndetse ko kuri ubu bamaze kugera i Kalemi aho berekezaga.

Hagataho, muri iyo mpanuka yabaye aya makuru agaragaza ko nta wahagiriye ikibazo, usibye bato yangiritse moteur yayo gusa.

Tags: BanzweFardcFiziMbokoWazalendo
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Perezida Félix Tshisekedi Yasabye Ubumwe bw’Igihugu mu Maso y’Isi

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi Yasabye Ubumwe bw’Igihugu mu Maso y’Isi

RDC: Perezida Félix Tshisekedi Yasabye Ubumwe bw’Igihugu mu Maso y’Isi Mu butumwa bwa Noheli yagejeje ku Banye-Congo no ku muryango mpuzamahanga kuri uyu wa Kane, tariki ya 25/12/2025,...

Read moreDetails

Choléra Yibasiye Abanye-Congo Bahungiye mu Burundi, Abatari bake Bamaze Gupfa

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Choléra Yibasiye Abanye-Congo Bahungiye mu Burundi, Abatari bake Bamaze Gupfa

Choléra Yibasiye Abanye-Congo Bahungiye mu Burundi, Abatari bake Bamaze Gupfa Impunzi z’Abany-Congo zahunze imirwano mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo zafashwe n’icyorezo cya Choléra mu nkambi ya Gatumba mu...

Read moreDetails

Makobola mu Muriro w’Intambara Ikaze Mbere ya Noheli

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Makobola mu Muriro w’Intambara Ikaze Mbere ya Noheli

Makobola mu Muriro w’Intambara Ikaze Mbere ya Noheli Mu ijoro ryabanjirije umunsi mukuru wa Noheli, santere ya Makobola iherereye muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemi Bafunguwe, Hakomeje Kugaragazwa Impungenge ku Ivangura n’Ihohoterwa

by Bahanda Bruce
December 24, 2025
0
Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemi Bafunguwe, Hakomeje Kugaragazwa Impungenge ku Ivangura n’Ihohoterwa

Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kalemi Bafunguwe, Hakomeje Kugaragazwa Impungenge ku Ivangura n’Ihohoterwa Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 24/12/2025, Abanyamulenge bari bamaze igihe bafungiwe mu mujyi...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Isubira Inyuma rya M23 i Uvira, Ihamya ko Bidatanga Icyizere cy’Amahoro

by Bahanda Bruce
December 24, 2025
0
Amerika Yamaganye Isubira Inyuma rya M23 i Uvira, Ihamya ko Bidatanga Icyizere cy’Amahoro

Amerika Yamaganye Isubira Inyuma rya M23 i Uvira, Ihamya ko Bidatanga Icyizere cy’Amahoro Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje impungenge zikomeye ku cyemezo cy’umutwe wa AFC/M23 kuva mu...

Read moreDetails
Next Post
Ibya drone y’Ingabo za RDC yakoreye impanuka muri Kivu y’Epfo

Ibya drone y'Ingabo za RDC yakoreye impanuka muri Kivu y'Epfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?